• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 30, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 30, 2025
in Regional Politics
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

You might also like

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yasubitse uruzinduko yagombaga kugirira i Paris mu Bufaransa, nyuma y’uko amenye ko hari umugambi wo ku muhirika ku butegetsi.

Amakuru aturuka i Bujumbura akavuga ko Ndayishimiye yari guhaguruka ava muri iki gihugu cye ku mugoroba w’ejobundi ku wa kabiri, itariki ya 28/10/2025, akerekeza i Paris.

Aha akaba yari kwitaba inama yatumiwemo na perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, iyo yari guhuriramo na perezida Felix Tahisekedi wa RDC n’uw’u Rwanda, Paul Kagame.

Ni nama aya makuru ahamya ko yateguwe na Emmanuel Macron abifashishijwemo na mugenzi we wa Togo, Faure Gnassingbe usanzwe ari umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC.

Iyi nama ikaba igamije kwiga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Aya makuru akomeza avuga ko Ndayishimiye atayitabiriye, nyuma y’aho i Bujumbura hakomeje gucicikana amakuru avuga ko hari abateguye ku muhirika ku butegetsi mu gihe azaba ari muri urwo rugendo. Ibi byongeye kuvugwa mu gihe n’ubundi hari hagize iminsi bivugwa ko uwo mugambi uhari.

Ni umugambi bivugwa ko wanabaye intandaro y’ifungwa rya General Bertin Gahungu umaze ukwezi kurenga atawe muri yombi n’ubutegetsi bw’iki gihugu.

Ndayishimiye yanze kujya mu biganiro i Paris mu Bufaransa mu gihe ku wa kabiri Ambasaderi w’u Bufaransa i Bujumbura, Sebastien Minot, yari yamumenyesheje ko atumiwe muri iriya nama.

Ndetse aya makuru anavuga ko ambasade y’i Burundi iri i Paris yari yatumiye Abarundi bari muri iki gihugu cy’u Bufaransa kuzayitaba bakayihuriramo na Ndayishimiye ku wa gatanu tariki ya 31/10/2025.

Tags: Coup d'ÉtatU Burundi
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye Kubera inzara mu murwa mukuru w'ubukungu w'i gihugu cy'u Burundi, imiryango imwe ni mwe...

Read moreDetails

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n'umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w'u Rwanda Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umuryango wa Habyarimana bemezanyije gutangira kubaka...

Read moreDetails

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage bari mu bice bigenzurwa na AFC/M23, Tshisekedi yabasezeranyije amahoro

Abaturage bari mu bice bigenzurwa na AFC/M23, Tshisekedi yabasezeranyije amahoro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?