• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, February 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 31, 2025
in Conflict & Security
0
I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa

You might also like

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

Impunzi zicyukumbikiwe mu nkambi ya Nyenkanda iherereye muri Komine ya Ruyigi, mu Burasirazuba bw’u Burundi, mu gihe zari ziteze ko imfashyanyo y’ibiribwa zahabwaga ihagarikwa burundu, ahubwo yongerewe.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ishirahamwe mpuzamahanga rya PAM rishinzwe ibiribwa ku isi, aho ryagaragaje ko impunzi zigiye gukomeza guhabwa ibiryo kugeza mu kwezi kwa gatatu umwaka utaha wa 2026.

Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi turimo kwa cumi uyu mwaka, ibiribwa bitangwa buri kwezi ku mpunzi byongeweho ibice 20 kw’ijana, bituma ibyo zahoraga zihabwa bizamuka bigera ku kigero cya 70%, zikaba zahoraga zihabwa ibiri kurugero rwa 50% kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka.

Ibi byakiranwe ibyishimo mu makambi y’impunzi, kubera ko impunzi zari ziteze ko ibiryo zahabwaga bigiye guhagarikwa burundu.

Umugore uri mu i Kambi ya Nyankanda, iherereye muri Komine ya Ruyigi, yagize ati: “Mu mezi ashize twari tubayeho mu bwoba bw’uko gupokera ibiryo bigiye guhagarikwa. Byari ibintu twiteze ko bizashyira imiryango yacu mu bukene bwinshi. Ariko ubu turashima ko iyo mfashanyo aho guhagarikwa yongerewe.”

Kubwe akavuga ko bigiye kongera kubarema umutima, kuko n’ubundi bari bagiye kuyikurwaho ariko ari yo ibabeshejeho.

Ariko n’ubwo izi mpunzi zabonye iyo mfashanyo, hari ibindi bibazo zisanganwe, nko kuba zidafite ubuvuzi buhagije, imyigire y’abana babo bavuga ko ituzuye, hamwe n’uburyo bwo kwibeshaho bonyine biracyari ku rugero rwo hasi.

Undi mugore uherereye muri iyo nkambi ya Nyenkanda wishimiye iyo mfashanyo, na we yagize ati: “Biratunejeje cyane kubona bongeje ibiribwa. Ariko turacyabuze ibitaro bituvura neza, kandi n’imyigire y’abana bacu iracyari hasi cyane.”

Impunzi mu makambi zikene ubufasha bwa buri gihe, kuko ubuzima bwazo buhora ari ntabwo ni mu gihe ari ntahandi zitegera atari muri HCR.

Igihugu cy’u Burundi ubu gicumbikiye impunzi zirenga 100.000, kikaba ki zicyumbikiye mu Makambi atanu, harimo iya Nyenkanda, Musasa, Gasogwe, Kavumu n’izindi.

Muri izo mpunzi hari zimaze imyaka irenga 20 mu buhunzi, n’ubwo zaturutse mu bihugu bitandukanye byo mu karere, ariko inyinshi n’izavuye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho zahunze intambara imaze imyaka myinshi ica ibintu muri iki gihugu hagati y’Ingabo za Leta n’imitwe yitwaje intwaro itandukanye iyirwanya.

Tags: BurundiImpunziNyenkandaPAM
Share39Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails

Amagambo Aremereye Yatangajwe na Bertrand Bisimwa wa AFC/M23

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Amagambo Aremereye Yatangajwe na Bertrand Bisimwa wa AFC/M23

Amagambo Aremereye Yatangajwe na Bertrand Bisimwa wa AFC/M23 Inyandiko zatangajwe na Bertrand Bisimwa akoresheje urubuga rwe rwa X ntizishobora gufatwa nk’amagambo asanzwe ajyanye n’ibihe byihariye. Ziri mu murongo...

Read moreDetails
Next Post
Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?