• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 31, 2025
in World News
0
Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Imyigaragambyo ikomeje mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yiyamamaza; ibyari imyigaragambyo byahindutse agatogo, ni mu gihe abayirimo bagaragaje ubujura budasanzwe.

READ ALSO

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

Uyu n’umunsi ugira gatatu, imyigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu bice bitandukanye byo muri Dar es Salaam, ndetse byageze na ho igisirikare cy’iki gihugu kigaragaza ko gishigikiye abari kuyikora.

Ni nyuma y’aho hagaragajwe amashusho abasirikare bashoreranye n’urubyiruko bamagana perezida Samia Suluhu Hassan.

Bamushinja guhonyora uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu, aho bavuga ko acyecekesha abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe mu kubica no kubata mu mazu y’imbohe.

Abamaze gufungwa ni benshi, kuko n’uyu munsi hafunzwe umunyamakuru ukorera igitangazamakuru cya Nyota Tv, ni mu gihe yatawe muri yombi ubwo yarageze ku mupaka wa Lunga ari gukurikirana imyigaragambyo iri kubera muri icyo gice.

Kurundi ruhande, abigaragambyaga, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, itariki ya 31/10/2025, bagabye igitero kuri imwe muri stasiyo ya Gaz iherereye i Dar es Salaam, maze buri wese atahana iye.

Amashusho abigaragaza yerekana bamwe batora inini, into, ndetse hari n’abatoraga izirenze imwe, byategwaga n’amahitamo y’umuntu.

Ni amashusho anagaragaza bavugije umusururu berekeza mu mago yabo, mu gihe bogakomeje imyigaragambyo bamazemo iminsi itatu.

Si n’icyo gusa kuko kandi bateye na stasiyo imwe ya polisi basahura imyenda yabo, barangije barayiyambarira.

Hagataho, iyi myigaragambyo imaze kugwamo abantu barenga 700, nk’uko byatangajwe n’icyama cya Dema.

Tags: GazSamia Suluhu HassanTanzania

Related Posts

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
World News

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

September 16, 2026
Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
Next Post
Abaririmbyi baririmba indirimbo za gospel barimo Israel Mbonyi, basusurukije Abanyarwanda, we anababwira n’ubuhamya butangaje bw’uburyo yahuye na Yesu bwa mbere

Abaririmbyi baririmba indirimbo za gospel barimo Israel Mbonyi, basusurukije Abanyarwanda, we anababwira n'ubuhamya butangaje bw'uburyo yahuye na Yesu bwa mbere

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?