• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 31, 2025
in World News
0
Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

You might also like

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Imyigaragambyo ikomeje mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yiyamamaza; ibyari imyigaragambyo byahindutse agatogo, ni mu gihe abayirimo bagaragaje ubujura budasanzwe.

Uyu n’umunsi ugira gatatu, imyigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu bice bitandukanye byo muri Dar es Salaam, ndetse byageze na ho igisirikare cy’iki gihugu kigaragaza ko gishigikiye abari kuyikora.

Ni nyuma y’aho hagaragajwe amashusho abasirikare bashoreranye n’urubyiruko bamagana perezida Samia Suluhu Hassan.

Bamushinja guhonyora uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu, aho bavuga ko acyecekesha abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe mu kubica no kubata mu mazu y’imbohe.

Abamaze gufungwa ni benshi, kuko n’uyu munsi hafunzwe umunyamakuru ukorera igitangazamakuru cya Nyota Tv, ni mu gihe yatawe muri yombi ubwo yarageze ku mupaka wa Lunga ari gukurikirana imyigaragambyo iri kubera muri icyo gice.

Kurundi ruhande, abigaragambyaga, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, itariki ya 31/10/2025, bagabye igitero kuri imwe muri stasiyo ya Gaz iherereye i Dar es Salaam, maze buri wese atahana iye.

Amashusho abigaragaza yerekana bamwe batora inini, into, ndetse hari n’abatoraga izirenze imwe, byategwaga n’amahitamo y’umuntu.

Ni amashusho anagaragaza bavugije umusururu berekeza mu mago yabo, mu gihe bogakomeje imyigaragambyo bamazemo iminsi itatu.

Si n’icyo gusa kuko kandi bateye na stasiyo imwe ya polisi basahura imyenda yabo, barangije barayiyambarira.

Hagataho, iyi myigaragambyo imaze kugwamo abantu barenga 700, nk’uko byatangajwe n’icyama cya Dema.

Tags: GazSamia Suluhu HassanTanzania
Share31Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails

U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz

U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz U Bwongereza n’u Bufaransa nibyo biyoboye inama mpuzamahanga ikomeye iri kubera uyu munsi, ihuje ibihugu n’abafatanyabikorwa...

Read moreDetails

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran Mu gihe umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kuba mubi kandi urimo urujijo, abayobozi bakuru...

Read moreDetails

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Amerika na Iran mu Biganiro Bikomeye i Islamabad

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika Umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye kiri mu cyerekezo cyiza cyo kugera ku masezerano y’amahoro ashobora kuba ay’amateka...

Read moreDetails
Next Post
Abaririmbyi baririmba indirimbo za gospel barimo Israel Mbonyi, basusurukije Abanyarwanda, we anababwira n’ubuhamya butangaje bw’uburyo yahuye na Yesu bwa mbere

Abaririmbyi baririmba indirimbo za gospel barimo Israel Mbonyi, basusurukije Abanyarwanda, we anababwira n'ubuhamya butangaje bw'uburyo yahuye na Yesu bwa mbere

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?