• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I gipolisi cy’u Burundi cyanyaze Abanyekongo igitoro (lisansi).

minebwenews by minebwenews
July 22, 2024
in Regional Politics
0
I gipolisi cy’u Burundi cyanyaze Abanyekongo igitoro (lisansi).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I gipolisi cy’u Burundi cyanyaze Abanyekongo igitoro (lisansi).

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ibi byatangajwe n’umuvugizi w’ishirahamwe OLUCOM, Jean Nduwimana, aho ashinja igipolisi cy’u Burundi kunyaga abacuruzi ba Banye-kongo igitoro.

Muri ibi bitangazwa na Jean Nduwimana, yavuze ko Abanyekongo banyazwe igitoro ko bari basanzwe bagishorera muri zone Gatumba, kandi avuga ko banyazwe amabido yacyo ibihumbi bine n’amagana atanu.

Yanasobanuye ko leta y’u Burundi igomba guha agaciro Abanyekongo ngo kuko haribyo bafasha iki gihugu, kandi ko iyi leta ikwiye kureka aba Banye-kongo bagakomeza gushorera igitero cyabo muri iki gihugu cy’u Burundi.

Ndetse uyu Nduwimana usanzwe ari umuvugizi w’ishirahamwe OLUCOM, akavuga ko leta y’u Burundi yari kwiriye hubwo gufata neza aba Banye-kongo bacururiza muri iki gihugu, ngo kuko u Burundi busanzwe bufite ikibazo bumaranye imyaka ibiri cyo kubura igitero.

Agashimangira ibi avuga ko aba Banye-kongo ari abaturanyi bityo ko u Burundi bugomba kutabanyaga ibyabo.

Aba Banye-kongo nabo ubwobo bavuga ko iki gitero bakinyazwe ku wa Kane w’iki Cyumweru dusoje, bagahamya kandi ko bakinyazwe n’abapolisi b’u Burundi bakorera mu gace ka Gatumba. Bavuga ko banyazwe amabido 4500 kandi ko bari baje kuyacuruza ariko ari no mu buryo bwo gufasha Abarundi bafite ikibazo cyo kubura igitoro.

Ibyo bibaye mu gihe mu Burundi imyaka igiye kuba itatu igitoro cyarabaye ndanze, kugeza n’ubu ntikiraboneka.

        MCN .
Tags: Cyanyaze Abanyekongo igiteroGatumbaIgipolisi cy'u Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y'uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?