• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 15, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I gipolisi cy’u Burundi cyanyaze Abanyekongo igitoro (lisansi).

minebwenews by minebwenews
July 22, 2024
in Regional Politics
0
I gipolisi cy’u Burundi cyanyaze Abanyekongo igitoro (lisansi).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I gipolisi cy’u Burundi cyanyaze Abanyekongo igitoro (lisansi).

Ibi byatangajwe n’umuvugizi w’ishirahamwe OLUCOM, Jean Nduwimana, aho ashinja igipolisi cy’u Burundi kunyaga abacuruzi ba Banye-kongo igitoro.

READ ALSO

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

Muri ibi bitangazwa na Jean Nduwimana, yavuze ko Abanyekongo banyazwe igitoro ko bari basanzwe bagishorera muri zone Gatumba, kandi avuga ko banyazwe amabido yacyo ibihumbi bine n’amagana atanu.

Yanasobanuye ko leta y’u Burundi igomba guha agaciro Abanyekongo ngo kuko haribyo bafasha iki gihugu, kandi ko iyi leta ikwiye kureka aba Banye-kongo bagakomeza gushorera igitero cyabo muri iki gihugu cy’u Burundi.

Ndetse uyu Nduwimana usanzwe ari umuvugizi w’ishirahamwe OLUCOM, akavuga ko leta y’u Burundi yari kwiriye hubwo gufata neza aba Banye-kongo bacururiza muri iki gihugu, ngo kuko u Burundi busanzwe bufite ikibazo bumaranye imyaka ibiri cyo kubura igitero.

Agashimangira ibi avuga ko aba Banye-kongo ari abaturanyi bityo ko u Burundi bugomba kutabanyaga ibyabo.

Aba Banye-kongo nabo ubwobo bavuga ko iki gitero bakinyazwe ku wa Kane w’iki Cyumweru dusoje, bagahamya kandi ko bakinyazwe n’abapolisi b’u Burundi bakorera mu gace ka Gatumba. Bavuga ko banyazwe amabido 4500 kandi ko bari baje kuyacuruza ariko ari no mu buryo bwo gufasha Abarundi bafite ikibazo cyo kubura igitoro.

Ibyo bibaye mu gihe mu Burundi imyaka igiye kuba itatu igitoro cyarabaye ndanze, kugeza n’ubu ntikiraboneka.

        MCN .
Tags: Cyanyaze Abanyekongo igiteroGatumbaIgipolisi cy'u Burundi

Related Posts

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Next Post
Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y'uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Kinshasa: Imyigaragambyo yatangiye, imbaga y’abantu yuzuye imihanda yerekeza ku Nteko Ishinga Amategeko
  • Kinshasa mu Rujijo: Itangazo ryo Gufunga Amashuri Ryateje Impaka, Minisiteri y’Uburezi Iraryamagana
  • Kinshasa: Iduka ry’Ibikoresho by’Ubucuruzi Ryahindutse Umuyonga muri Camp PM
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?