• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, mu Burasirazuba bwa RDC, hiciwe abagabo batatu b’abasivile.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, mu Burasirazuba bwa RDC, hiciwe abagabo batatu b’abasivile.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera.

You might also like

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Ni muri iri joro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10/04/2024, aho abasivile batatu baraye bishwe barashwe, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Bavuga ko abaraye bishwe biciwe muri Quartier Majengo, ho mu Mujyi wa Goma, ko kandi barashwe n’umuntu wari witwaje imbunda.

Ay’a makuru akavuga ko abo bagabo batatu barasiwe muri restaurant, ni mu gihe bari bagiye gufata ifunguro.

Umwe mu banyamakuru baherereye mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwana Steve Wembe, we yatangaje ko abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bo mu barinda umukuru w’igihugu (GR) ko aribo baraye bishe barashe abasivile batatu.

Uy’u munyamakuru yahamije ko abo basirikare baje bambaye impuza kano zizwiho mu ngabo za Congo, zo mu barinda umukuru w’igihugu.

Yakomeje avuga ko ibyo byabereye muri Quartier ya Majengo, nk’uko abambere batanze ay’amakuru.

Kuva mu mpera z’u mwaka ushize n’ibwo i Goma, habaye ubwicanyi bukabije, aho ubwo bwicanyi bushinjwa Wazalendo bazwiho gufanya n’ingabo z’u butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo (Fardc).

Tags: Abasirikare ba grAbasivile bishweBatatuMajengo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za MONUSCO zikomoka mu gihugu cy’u Bushinwa, zari mu butumwa bwa mahoro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zasezeye.

Ingabo za MONUSCO zikomoka mu gihugu cy'u Bushinwa, zari mu butumwa bwa mahoro mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, zasezeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?