• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kinshasa uzwi mu banyapolitiki bakomeye yatawe muri yombi, hamenyekana n’impanvu yabyo.

minebwenews by minebwenews
November 15, 2024
in Regional Politics
2
I Kinshasa uzwi mu banyapolitiki bakomeye yatawe muri yombi, hamenyekana n’impanvu yabyo.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa uzwi mu banyapolitiki bakomeye yatawe muri yombi, hamenyekana n’impanvu yabyo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, Delly Sesanga, washinze ishyaka Envol, yafunzwe, ubwo yatangiraga imyigaragambyo yo kwamagana umugambi wa Perezida Félix Tshisekedi wo kuvugurura itegeko nshinga.

Mu ruzinduko perezida Félix Tshisekedi aheruka kugirira i Kisangani ku itariki ya 23/10/2024, yarutangajemo ko itegeko nshinga iki gihugu gikoresha ryanditswe n’abanyamahanga, bityo ko rikwiye guhindurwa, rikaryana n’igihe.

Tshisekedi kandi yanavuze ko iri tegeko nshinga ko ryanandikiwe mu mahanga.

Yagize ati: “Itegeko nshinga ryacu si ryiza. Ryandikiwe mu mahanga, ryandikwa n’abanyamahanga. Dukeneye itegeko nshinga rijyanye n’uko ibintu bihagaze.”

Ariko amakuru avuga ko Tshisekedi yashyize uyu mugambi hanze, mu gihe byari byaramaze ku menyekana ko ishyaka rye rishaka guhindura iri tegeko nshinga.

Sesanga rero watawe muri yombi, yari amaze iminsi yamagana uyu mugambi yifashishije imbuga nkoranyambaga, ndetse yanafunguye urubuga rukusanya ibitekerezo by’abaturage bigaragaza ko batumva uwo mugambi.

Ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 14/11/2024, Sesanga hamwe n’itsinda ryari rimushigikiye rinini bakoze imyigaragambyo bamagana uyu mugambi, abapolisi nibwo baje kumufata baramufunga.

Nyuma yitabwa muriyombi ry’uwo munyapolitiki, abantu benshi barimo abanyapolitiki barabyamaganye.

Nka Moïse Katumbi yagize ati: “Turasaba perezida Félix Tshisekedi gufungura byihuse Sesanga n’inzindi mfungwa.”

Yunzemo kandi ati: “Gukurikirana abatavuga rumwe n’ubutegetsi kugira ngo uvugurure itegeko nshinga rigufashe kubugumaho ni ikosa rikomeye risenya abanyagitugu bose.”

Na Ados Ndombasi uri mubatavuga rumwe n’ubutegetsi yavuze ko iki gikorwa Sesanga yakoze kigaragaza ko badashaka manda ya gatatu ya perezida Félix Tshisekedi.
Anasaba ko abafunze Sesanga bamurekura kandi bigakorwa vuba.

Tags: KinshasaSesangaYatawe muri yombi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za SADC muri RDC zahawe undi muyobozi mushya.

Ingabo za SADC muri RDC zahawe undi muyobozi mushya.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    Professor Senn proved that education provides power for the physician to extend lives following a diagnosis of breast cancer priligy dapoxetine review Ashley pointed out that rope climbing skills could be handy in case of zombie apocalypse so I ve got that going for me

  2. Ensuent says:
    1 year ago

    In Vitro Activity of Cefiderocol Against a Broad Range of Clinically Important Gram negative Bacteria priligy near me 8j, and was actually significantly reduced in tamoxifen treated Adipo TMCre; Y1 lox lox mice compared to vehicle treated mice on a chow diet Fig

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?