• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC muri RDC zahawe undi muyobozi mushya.

minebwenews by minebwenews
November 15, 2024
in Regional Politics
1
Ingabo za SADC muri RDC zahawe undi muyobozi mushya.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC muri RDC zahawe undi muyobozi mushya.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ingabo z’umuryango wa SADC zoherejwe kubungabunga amahoro n’umutekano no gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ku rwanya M23 mu Burasirazuba bwiki Gihugu, zahawe undi komanda mushya wo mungabo za Afrika y’Epfo.

Bisanzwe bizwi ko iz’ingabo zahawe izina riryanye n’ubutumwa zirimo rya SAMIRDC, zikaba zigizwe n’izo mu Gihugu cya Tanzania, Afrika y’Epfo na Malawi.

Ibiro bishinzwe amakuru rusange by’ingabo za Afrika y’Epfo, byahamije ko Colonel Thembekile Ngukuva wo muri Afrika y’Epfo ariwe wagizwe umuyobozi w’ingabo za SADC mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibi biro byanavuze ko uyu musirikare azwiho uburambe kandi ko yari yaroherejwe mbere muri iki Gihugu cya RDC gisanzwe gifite ibibazo by’umutekano. Byanashimangiye ko uyu wagizwe umuyobozi ari inararibonye kandi ko yanagiye asohoza ubutumwa butandukanye mbere.

Akimara guhabwa izi nshingano, bwana Col Thembekile Ngukuva yakiriwe na Maj Gen Monwabisi Dyakopu, wari umuyobozi wa SAMIDRC akaba na komanda w’ingabo za Afrika y’Epfo. Ni imihango yabereye i Goma, umujyi mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo za Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania, zo mu muryango wa SADC zifatanyije n’iz’u Burundi na Wazalendo zifasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) ku rwanya umutwe wa M23 ariko bisa nibyabananiye kuko aho kuwirukana, hubwo ukomeza kubambura n’uduce zahawe kuyobora.

Ibi biro bya Afrika y’Epfo bishinzwe amakuru ku rwego rw’igisirikare, byatangaje biti: “Nubwo hari ibibazo byinshi ingabo za Afrika y’Epfo ziri mu Burasirazuba bwa RDC zahuye nabyo ariko zakoze amarondo akomeye! Kandi zikomeje gukora ibikorwa bifasha ingabo za RDC kurwanya umutwe wa M23.”

Umusanzu wa Afrika y’Epfo muri SAMIDRC, nk’uko byatangajwe na Perezida Cyril Ramaphosa mu mpera z’umwaka ushize, ugizwe n’abasirikare 2,900 ku giciro cya miliyari 2.4 y’Ama-Rand yo kohereza ingabo mu mezi 12, biteganijwe ko bizarangira ku itariki ya 15/12/2024.

Tags: RdcSAMIRDCUmuyobozi mushya
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ihohoterwa rikomeye ririgukorerwa abanyamakuru muri RDC.

Ihohoterwa rikomeye ririgukorerwa abanyamakuru muri RDC.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    The nucleic acid sequence encoding the anti IgE antibody, or an antigen binding fragment thereof, can be generated using methods known in the art where to buy priligy

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?