• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Makenda hagaragaye FDLR nyinshi hamenyekana n’icyo zigambiriye.

minebwenews by minebwenews
November 29, 2024
in Regional Politics
0
I Makenda hagaragaye FDLR nyinshi hamenyekana n’icyo zigambiriye.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Makenda hagaragaye FDLR nyinshi hamenyekana n’icyo zigambiriye.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Amakuru aturuka ku Ndondo ya Bijombo avuga ko ahitwa i Makenda hagaragaye interahamwe amagana kandi ko izahagaragaye zagiye gutega bagenzi babo bava mu mashyamba yo muri teritware ya Mwenga.

Agace ka Makenda kavugwa, gaherereye muri Localité ya Magunda ho muri Grupema ya Bijombo, teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Amasoko yacu atundukanye dukesha iy’inkuru avuga ko FDLR zageze i Makenda zaturutse mu Rurambo, kandi ko zagiye kwa kira abandi barwanyi babo bakomeje kuva mu mashyamba yo muri teritware ya Mwenga na Fizi bagana mu Rurambo aho bivugwa ko biteguye kurwanya Abanyamulenge n’u Rwanda.

Kuva mu kwezi gushize, muri Rurambo hatangiye kugera abarwanyi ba FDLR benshi, ndetse bikemezwa ko abenshi muribo baje bari kumwe n’abana n’abagore babo.

Mu kugera muri ibi bice, aba barwanyi bakiriwe n’ingabo z’u Burundi ziherereye muri Kivu y’Amajy’epfo ku bw’amasezerano y’u Burundi na RDC bakirwa kandi na Gumino na Maï Maï ku bufasha bw’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Byanasonuwe ko FDLR yageze mu Rurambo mbere ndetse n’igikomeje kuza, bose baje baturutse mu bice by’i Kilembwe no mu mashyamba yo muri teritware ya Mwenga.

I Makenda, ahagiye gutegerwa interahamwe ni hafi y’i Nyenjari, ari naho hari ishyamba rinini ririmo umuhanda uva i Mwenga n’undi uturuka mu Gipupu.

Aya makuru anavuga ko ahar’ejo ko aribwo aba barwanyi bahuye, bahita baca inzira y’i Nyebanda haherereye mu majyepfo ya Magunda werekeza kuri Mushojo, bahita bakomereza inzira yo mu Marango ya Gashongo, bamanukana ka Ngeri; biravugwa ko kuri ubu baba bamaze kugera mu Gitoga, cyangwa ko baba bakiri mu nce za Rutandara muri Rubuga.

Interahamwe, ingabo z’u Burundi, FARDC, Gumino na Maï, kuba bakomeje kwegeranira muri Rurambo, nk’uko byasobanuwe nu ko babwiwe ko aka gace mu gihe kafunzwe byatuma Twirwaneho itabasha kubona ubutabazi. Ndetse kandi ko aha hashobora gufasha u Burundi na RDC guteguza neza aba barwanyi b’interahamwe gutera u Rwanda.

Hagati aho, ibikomeje kuvugwa kuri iz’i nterahamwe byongeye gutuma umutekano wo mu misozi miremire y’Imulenge wongera kuzamba, ariko kandi byarushishijeho kuba bibi nyuma y’igitero FARDC yagabye ahar’ejo ikigaba mu baturage baturiye mu Kalingi kigwamo abaturage batatu.

Ibi bije mu gihe i Mulenge bari bagize igihe kitari munsi y’amezi umunani bafite umutekano mwiza.

Tags: FDLRI MakendaRurambo
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.

Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?