• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Mwenga byongeye byadogereye hagati ya FARDC na Wazalendo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 20, 2025
in Conflict & Security
0
Mpuruyaha  ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Mwenga byongeye byadogeye hagati ya FARDC na Wazalendo

You might also like

Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi

Itombwe na Minembwe: Umutekano Wongeye Kugaruka Nyuma y’Imirwano Ikaze; Abaturage Batangira Gusubira Mu Buzima Busanzwe

Tears in Kinshasa: Death of a Young Woman from Eastern DRC Sparks Heated Debate

Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga abarwanyi bahuriye mu cyiswe Wazalendo bamaganye umuyobozi wa FARDC muri icyo gice, bavuga ko agomba guhita asimburwa vuba na bwangu.

Centre ya teritware ya Mwenga, irimo abasirikare ba FARDC, Wazalendo na FDLR.

Umuyobozi uyoboye ingabo za FARDC muri icyo gice, yitwa Tshihutu Vela, ayoboye i regima ya 3306.
Wazalendo banditse urwandiko basaba ko uyu muyobozi wa FARDC ahita asimburwa mu maguru mashya. Bamushinja ibyaha bitandukanye birimo kwiba intwaro n’amasasu, bikagira ingaruka kuri aba Wazalendo.

Ubundi kandi bamushinja gufatanya n’uwahoze ari minisitiri w’ubutegetsi bw’intara ya Kivu y’Amajyepfo, Albert Foka Maik, mu kwigiwizaho amafaranga 48.000 USD buri kwezi agenerwa Wazalendo bo muri Mwenga na Shabunda.

Basabye ko uyu musirikare akurwa muri iki gice bagahita boherezwa undi mwiza.

Ibi bije nyuma y’aho hashize iminsi mike havutse umwuka mubi hagati y’amatsinda abiri ya Wazalendo, aho bivugwa ko itsinda rimwe ryatewe inkunga n’uwo muyobozi wa gisirikare. Muri ubwo bushyamirane, abarwanyi icyenda bo muri Wazalendo bahasize ubuzima.

Mu ijoro ryaraye rikeye na bwo haraye hishwe abandi Wazalendo babiri bicwa barashwe. Kandi barasirwa aha muri centre ya teritware ya Mwenga.

Ibi kandi bisa ni biheruka kubera muri Uvira, aho Wazalendo kandi banze Brigadier General Olivier Gasita ko ayobora muri ako karere. Bamushinja ubugambanyi ndetse no kwica Wazalendo i Maniema.

Tags: FardcMwengaTshihutuWazalendo
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi

Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Etienne Muragizi, Umunyamulenge usanzwe...

Read moreDetails

Itombwe na Minembwe: Umutekano Wongeye Kugaruka Nyuma y’Imirwano Ikaze; Abaturage Batangira Gusubira Mu Buzima Busanzwe

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
Amakuru Avugwa muri Minembwe ku Migambi y’Igitero cya Wazalendo mu Gihe MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bikomeje Kwagura Igenzura ry’Ibice Bimwe

Itombwe na Minembwe: Umutekano Wongeye Kugaruka Nyuma y'Imirwano Ikaze; Abaturage Batangira Gusubira Mu Buzima Busanzwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Nyuma y'iminsi yaranzwe n'imirwano ikaze hagati y'impande zihanganye mu...

Read moreDetails

Tears in Kinshasa: Death of a Young Woman from Eastern DRC Sparks Heated Debate

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
Amarira i Kinshasa: Urupfu rw’Umukobwa Wakomokaga mu Burasirazuba bwa RDC Rwazamuye Impaka Zikomeye

Tears in Kinshasa: Death of a Young Woman from Eastern DRC Sparks Heated Debate MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Deep sorrow has gripped Kinshasa, the capital city of the...

Read moreDetails

Amarira i Kinshasa: Urupfu rw’Umukobwa Wakomokaga mu Burasirazuba bwa RDC Rwazamuye Impaka Zikomeye

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
Amarira i Kinshasa: Urupfu rw’Umukobwa Wakomokaga mu Burasirazuba bwa RDC Rwazamuye Impaka Zikomeye

Amarira i Kinshasa: Urupfu rw'Umukobwa Wakomokaga mu Burasirazuba bwa RDC Rwazamuye Impaka Zikomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Agahinda gakomeye kagaragaye i Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Nyabiondo Yongeye Kunyeganyezwa n’Ibisasu Bya Drone ya FARDC; Abaturage Bahungabanye Nyuma y’Igitero Gikomeye

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
Nyabiondo Yongeye Kunyeganyezwa n’Ibisasu Bya Drone ya FARDC; Abaturage Bahungabanye Nyuma y’Igitero Gikomeye

Nyabiondo Yongeye Kunyeganyezwa n'Ibisasu Bya Drone ya FARDC; Abaturage Bahungabanye Nyuma y'Igitero Gikomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umutekano wakomeje kuzamba mu gace ka Nyabiondo, gaherereye muri Secteur ya...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 yateguje FARDC ibikomeye nyuma y'ibitero by'indege za Sukhoi-25 na drones yagabye ku baturage

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?