• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Sake habyukiye urugamba rukomeye hagati ya M23 na FARDC.

minebwenews by minebwenews
January 20, 2025
in Regional Politics
0
I Sake habyukiye urugamba rukomeye hagati ya M23 na FARDC.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Sake habyukiye urugamba rukomeye hagati ya M23 na FARDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 20/01/2025, mu nkengero z’umujyi wa Sake wo muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, habyukiye imirwano ikaze aho ihanganishije ihuriro ry’Ingabo za RDC n’umutwe wa M23.

Iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe z’igitondo cyo kuri uyu wa mbere ikaba igikomeje.

Aya makuru avuga ko iyi mirwano ikomeye aho umutwe wa M23 wamaze kuzenguruka uyu mujyi, bikanavugwa ko udusozi twose twunamiye sake duhagazeho abarwanyi bo muri uyu mutwe wa M23.

Ni amakuru anavuga kandi ko ibiturika byinshi birimo kumvikana impande zose zikikije Sake, ahanini mu duce two muri grupema ya Kamuronza n’ahandi.

Gusa bikavugwa ko abarwanyi bayobowe na Gen Sultan Makenga bafite imbaraga zidasanzwe, kandi ko bashobora kwigarurira uyu mujyi uherereye mu birometero nka 27 uvuye mu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ibyo bibaye mu gihe uyu mutwe wa M23 wegereje gufata n’umujyi wa Minova uri muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ni mu gihe abarwanyi b’uwo mutwe bafashe uduce turi mu nkengero zayo, agace ka Numbi n’ahandi nka hitwa Lumbishi.

Abasesenguzi bavuga ko mu gihe M23 yaramuka ifashe centre ya Minova na Sake, ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zahita zivana muri Goma.

Nyamara kandi imirwano ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC mu gihe perezida w’iki gihugu, Félix Tshisekedi yari aheruka gutangaza ko atazigera aganira n’umutwe wa M23. Akaba yaranise uyu mutwe urwanira ukubaho kwabo “umutwe w’iterabwoba.”

Tags: FardcM23Sake
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yakubise ahababaza ingabo za Tshisekedi na Ndayishimiye.

M23 iri kwagura ibirindiro byayo mu buryo budasanzwe muri Kivu y'Amajy'epfo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?