• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiheruka gutangazwa na Gen Muhoozi, byajemo amagambo hagati ya RDC na Uganda.

minebwenews by minebwenews
December 19, 2024
in Regional Politics
0
Ibiheruka gutangazwa na Gen Muhoozi, byajemo amagambo hagati ya RDC na Uganda.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiheruka gutangazwa na Gen Muhoozi, byajemo amagambo hagati ya RDC na Uganda.

You might also like

Ijambo Rikomeye rya Perezida Kagame ku Burundi, RDC n’Amahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yahamagaje ambasaderi wa Uganda i Kinshasa, imusaba gutanga ibisobanuro ku biheruka gutangazwa n’umugaba w’ingabo za Uganda, Gen Kainarugaba Muhoozi.

Ibikubiye mu itangazo Guverinoma ya Kinshasa yashyize hanze, bivuga ko ku munsi w’ejo hashize tariki ya 18/12/2024, minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC, Thérèse Kayikwamba, yakiriye mu biro bye, ambasaderi wa Uganda uri muri icyo gihugu, Matata Twaha, amusaba gutanga ibisobanuro ku magambo General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje avuga ku bacanshuro.

Ndetse kandi iryo tangazo rya Leta ya Kinshasa rinavuga ko Kayikwamba yasabye Twaha ku mubwira uko Uganda yakiriye ibyatangajwe na Gen Kainarugaba Muhoozi, ndetse nuko umubano w’ibihugu byombi uhagaze kuri none.

Mu byo Gen Kainarugaba Muhoozi yari yatangaje, akoresheje urubuga rwa x, ariko aza kubusiba bwari ubutumwa buburira Abacanshuro b’Abazungu bafasha ingabo za RDC kurwanya umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’iki gihugu, ko ingabo za Uganda zizabagabaho ibitero mu mwaka w’ 2025.

Iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kikaba gisanzwe gihakana ko kidakoresha Abacanshuro mu ntambara kirimo na M23; Kivuga ko ari abalimu ba gisirikare b’ingabo zayo.

Twaha, ikiganiro yahaye itangaza makuru akimara kuva mu biro bya minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC, yagize ati: “Twumvise ibitekerezo bye. Yambwiye ko agiye kubishyira mu nyandiko abigeze kuri Leta ya Uganda, nabyemeye. Rero ndabitegereje.”

Ingabo za Uganda ziri muri RDC kuva mu mwaka w’ 2021, ni mu gihe zifatanya na FARDC ku rwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF, ufite inkomoko muri Uganda. Mu bihe bishyize ubwo bufatanye bwagiye bugaba ibitero bikaze kuri uwo mutwe w’iterabwoba.

Tags: Kainarugaba MuhooziRdcUganda
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ijambo Rikomeye rya Perezida Kagame ku Burundi, RDC n’Amahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 11, 2025
0
Ijambo Rikomeye rya Perezida Kagame ku Burundi, RDC n’Amahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Ijambo Rikomeye rya Perezida Kagame ku Burundi, RDC n’Amahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane tariki ya 11/12/2025, yasubije ibivugwa n’abashinja...

Read moreDetails

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

by Bahanda Bruce
December 11, 2025
0
Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi Guhera tariki ya 09/12/2025, ubwo Umujyi wa Uvira wafashwe n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, igihugu cy’u Burundi cyatangiye guhura n’ingaruka zikomeye ku...

Read moreDetails

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

U Rwanda Rurashinja RDC n'u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w'Akarere Leta y’u Rwanda, ibinyujije mu itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yatangarije amahanga ko...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC abahinzi baja guhinga babanje kubona ababaherekeza.

Muri RDC abahinzi baja guhinga babanje kubona ababaherekeza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?