• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri RDC abahinzi baja guhinga babanje kubona ababaherekeza.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2024
in Regional Politics
0
Muri RDC abahinzi baja guhinga babanje kubona ababaherekeza.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC abahinzi baja guhinga babanje kubona ababaherekeza.

You might also like

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Kubera umutekano muke muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, benshi mu bahinzi berekeza mu mirima mu gihe baba babonye aba baherekeza.

Ibyo byagiye bigaragara akenshi mu Burasirazuba bwa RDC, ni mu gihe intambara z’urudaca hagati ya Leta n’imitwe yitwaje intwaro yogoge aka karere.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, zizwi nka MONUSCO biri mu byatumye zigenda zishigikirwa hamwe na hamwe; nko muri teritware ya Djugu mu gace kayo ka Dhendro, abahinzi baho ntibahwema gushigikira izo ngabo kuko akenshi bahinga mu gihe bamaze kumenya ko hari abaza kubaherekeza.

Ndetse amakuru avuga ko abenshi muri abo baturage bo muri utwo duce bagiye bimukira mu ma kambi aba ari hafi n’ibigo bya MONUSCO biherereye aho, bagahunga amakimbirane aba ari mu ngo zabo n’ibitero by’imitwe y’inyeshamba bibagabwaho.

MONUSCO yoherejwe muri RDC mu mwaka w’ 2010, ubwo yasimburaga ababanje mu bikorwa byo kubungabunga umutekano bya LONI, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’i y’Epfo.

Iz’i ngabo zagiye zikora ama operasiyo yo kurinda abahinzi b’ibigori , ibishyimbo, n’imyumbati, kandi zigatuma babasha gukora ibikorwa bisanzuye , mu bihe by’ihinga no kubarinda imitwe y’itwaje imbunda biba imyaka mu mirima kandi bakica abantu.

Gusa, hari naho abahinzi batinya kuja mu mirima yabo kubera gutinya ingabo za Leta(FARDC), aho ni nko mu Minembwe no mu tundi duce two muri teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira. Muri icyo gihe aba bahinzi biyambaza Twirwaneho kubaherekeza, kuko muri ibyo bice nta MONUSCO ikihabarizwa.

Mu mwaka w’ 2023, akanama ka LONI kemeje ko ihagarikwa ry’ubutumwa bw’Ingabo za MONUSCO, bisabwe na perezida Félix Tshisekedi, izo ngabo zigera ku 13.500 zahuye n’ibitero n’imyigaragambyo y’ababonaga ko zananiwe kurinda abaturage.

Cyakoze mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka, Leta ya Kinshasa yisubiyeho isaba ko MONUSCO yaguma mu Ntara za Ituri na Kivu y’Amajyaruguru kugeza umutekano uhindutse, ariko muri Kivu y’Amajy’epfo zihita zihava hose.

Tags: RdcUmutekano
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa” Mu gihe u Burundi bukomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2027,...

Read moreDetails

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere Perezida w’u Burundi, , yongeye gutangaza ibitekerezo bikomeye ku mikorere y’amatora mu gihugu cye, agaragaza ko asaba isubirwamo...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?