• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

minebwenews by minebwenews
May 6, 2024
in World News
0
Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

You might also like

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Ni ahagana mu rukerera rwo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 06/05/2024 n’ibwo abasirikare ba M23 barwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bongeye kugira ibindi bice bafata byo muri Kalehe, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ibyo bice ni Ruzikata, Kavumu na Rwangara, binavugwa ko utu duce turi ahitwa mu misozi izwi nka Haut-Plateau ya Kalehe.

Bije bisanga Shanje yafashwe rugikubita ndetse n’inkengero za Numbi.

Kugeza ubu M23 ikomeje kuja imbere nyuma y’uko y’igaruriye ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi na Rutshuru ndetse na Nyiragongo irimo ibice uyu mutwe wafashe mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka.

Hagati aho centre ya Minova ifatwa nka hantu hingenzi muri teritware ya Kalehe, iravugwamo ubwoba bwinshi ni mu gihe abaturage bayituriye basabye igisirikare cy’u Burundi gisanzwe ari cyo kihagenzura muri iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ku bareka bagahunga, nk’uko byavuzwe na Sosiyete sivile yo muri ibyo bice.

Amakuru avuga ko kuri ubu iyi centre yoba isigayemo abaturage bake, kandi ko M23 ikomeje gusatira kuhafata ko ndetse ingabo zuyu mutwe zihazengurutse.

Tu bibutsa ko imirwano yabaye muri iki Cyumweru dusoje, isa niyazanye undi murongo mushya ni mu gihe M23 irimo kunyaruka mu gufata ibindi bice ari nako igisirikare cya leta ya Kinshasa cyo cyifatira imyanzuro yo guhunga.

         MCN.
Tags: KaleheM23 yafashe ibindi biceMinova
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails
Next Post
Aka kanya ku murongo w’urugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa hari ituze mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Aka kanya ku murongo w'urugamba ruhanganishije M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa hari ituze mu bice byo muri Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?