• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi bishya byavuzwe ku mbonerakure ziri koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi bishya byavuzwe ku mbonerakure ziri koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi bishya byavuzwe ku mbonerakure ziri koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko mu Ntara ya Cibitoki, mu majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi ko hari gukorerwa imyitozo ya gisirikare ihabwa imbonerakure mbere y’uko zoherezwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Abaturage bo muri iyi Ntara ya Cibitoki bo, ubwabo bahamije aya makuru, banavuga ko bafite ubwoba kubera imyitozo ya gisirikare ihabwa imbonerakure zo mu ishyaka rya CND FDD.

Bagize bati: “Imyitozo ibera ku kibuga cy’umupira w’amaguru mu Ntara ya Cibitoki. Abahabwa iyi myitozo, biga kurasa imbunda, bityo twe nk’abaturage iyo twumva barasagura bidutera ubwoba.”

Bakomeza bavuga bati: “Bazamuka, bajya ku musozi wa Cishemera muri Komine ya Buganda mu myitozo yo kurasa.”

Ikinyamakuru cya Sos Media Burundi, cyanavuze ko muri uko kwiga, imbonerakure zituritsa ibisasu, birimo grenade, ibibomba no kurasa imbunda bisanzwe.

Iki gitangaza makuru dukesha iy’inkuru, cyanatangaje ko iz’imbonerakure nyuma yoguhabwa amasomo zihita zoherezwa mu Burasirazuba bwa RDC ahari abandi basirikare b’u Burundi bagiye gufasha igisirikare cy’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa M23.

Bamwe mu babyeyi baba bana bahabwa iriya myitozo barangiza bakoherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, babwiye kiriya gitangaza makuru ko bahangayikishijwe n’umutekano w’abana babo.

Bati: “Dufite ubwoba bw’umutekano w’abana bacu. Turabizi ko hari imbonerakure zagiye kurwana muri RDC ariko zitigeze zigaruka.birashoboka ko bapfuye. Rero, nk’ababyeyi biduteye ubwoba.”

Cyobikoze, abayobozi bo mu ishyaka rya CND FDD bo mu Ntara ya Cibitoki bahakana aya makuru nubwo iyi myitozo itangwa izuba riva.

Ndetse umuyobozi w’ingabo z’u Burundi ziri muri Cibitoki yavuze ko imyitozo ya gisirikare itangwa idafite aho ihuriye n’Imbonerakure.

Mu bihe byavubaha, ama raporo atandukanye, arimo nay’imiryango mpuzamahanga, yemeje ko imbonerakure ziri ku butaka bwa RDC, kandi ko zinoherezwayo ku bwinshi.

Binavugwa kandi ko hari imiryango myinshi y’Abarundi, ifite abana babo baguye mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC ariko ikabuzwa gukora ibyunamo byababo.

            MCN.
Tags: CibitokiImbonerakureImyitozo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n’ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n’ikindi gihugu.

Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n'ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n'ikindi gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?