• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi bishya byavuzwe ku mbonerakure ziri koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi bishya byavuzwe ku mbonerakure ziri koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi bishya byavuzwe ku mbonerakure ziri koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko mu Ntara ya Cibitoki, mu majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi ko hari gukorerwa imyitozo ya gisirikare ihabwa imbonerakure mbere y’uko zoherezwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Abaturage bo muri iyi Ntara ya Cibitoki bo, ubwabo bahamije aya makuru, banavuga ko bafite ubwoba kubera imyitozo ya gisirikare ihabwa imbonerakure zo mu ishyaka rya CND FDD.

Bagize bati: “Imyitozo ibera ku kibuga cy’umupira w’amaguru mu Ntara ya Cibitoki. Abahabwa iyi myitozo, biga kurasa imbunda, bityo twe nk’abaturage iyo twumva barasagura bidutera ubwoba.”

Bakomeza bavuga bati: “Bazamuka, bajya ku musozi wa Cishemera muri Komine ya Buganda mu myitozo yo kurasa.”

Ikinyamakuru cya Sos Media Burundi, cyanavuze ko muri uko kwiga, imbonerakure zituritsa ibisasu, birimo grenade, ibibomba no kurasa imbunda bisanzwe.

Iki gitangaza makuru dukesha iy’inkuru, cyanatangaje ko iz’imbonerakure nyuma yoguhabwa amasomo zihita zoherezwa mu Burasirazuba bwa RDC ahari abandi basirikare b’u Burundi bagiye gufasha igisirikare cy’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa M23.

Bamwe mu babyeyi baba bana bahabwa iriya myitozo barangiza bakoherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, babwiye kiriya gitangaza makuru ko bahangayikishijwe n’umutekano w’abana babo.

Bati: “Dufite ubwoba bw’umutekano w’abana bacu. Turabizi ko hari imbonerakure zagiye kurwana muri RDC ariko zitigeze zigaruka.birashoboka ko bapfuye. Rero, nk’ababyeyi biduteye ubwoba.”

Cyobikoze, abayobozi bo mu ishyaka rya CND FDD bo mu Ntara ya Cibitoki bahakana aya makuru nubwo iyi myitozo itangwa izuba riva.

Ndetse umuyobozi w’ingabo z’u Burundi ziri muri Cibitoki yavuze ko imyitozo ya gisirikare itangwa idafite aho ihuriye n’Imbonerakure.

Mu bihe byavubaha, ama raporo atandukanye, arimo nay’imiryango mpuzamahanga, yemeje ko imbonerakure ziri ku butaka bwa RDC, kandi ko zinoherezwayo ku bwinshi.

Binavugwa kandi ko hari imiryango myinshi y’Abarundi, ifite abana babo baguye mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC ariko ikabuzwa gukora ibyunamo byababo.

            MCN.
Tags: CibitokiImbonerakureImyitozo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n’ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n’ikindi gihugu.

Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n'ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n'ikindi gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?