• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibisasu by’Indege i Masisi Byahitanye Abantu Benshi, MSF Isaba Kurengerwa kwa Baturage

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 4, 2026
in Conflict & Security
0
Ibisasu by’Indege i Masisi Byahitanye Abantu Benshi, MSF Isaba Kurengerwa kwa Baturage
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu by’Indege i Masisi Byahitanye Abantu Benshi, MSF Isaba Kurengerwa kwa Baturage

You might also like

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Ibisasu byarashwe n’indege z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu karere ka Masisi, mu burasirazuba bwa RDC, byahitanye nibura abantu bane ndetse bikomeretsa abandi 42, barimo abana n’abagore benshi. Abakomerekejwe bose bakiriwe mu bitaro bya Masisi, ibitaro bikuru by’icyitegererezo muri ako karere, nk’uko byatangajwe n’ishyirahamwe ry’abaganga batagira imipaka (Médecins Sans Frontières – MSF) ku wa Gatanu, tariki ya 02/01/2026.

Amakuru atangwa na MSF avuga ko igisasu cyaturutse ku ndege idafite abapilote (drone) y’ingabo za RDC, cyibasiye abaturage batuye mu gace ka Mont Ngaliema, Masisi-centre. Abakomeretse bahise bitabwaho n’abaganga bo muri ako gace ndetse n’amatsinda ya MSF. Byemezwa ko abantu bane bapfuye ako kanya, abandi barakomereka bikomeye.

MSF yagaragaje ko Masisi iri mu turere dukunze guhura n’ingaruka zikomeye z’imirwano mu burasirazuba bwa RDC. Iyi ntambara yakomeje gukomera mu cyumweru gishize hagati ya AFC/M23 n’ingabo za FARDC, zifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro nka FDLR na Wazalendo, bikomeje guteza imfu, ibikomere, n’iyimurwa ry’abantu benshi.

Mu itangazo ryasohotse ku mbuga nkoranyambaga, MSF yagize iti:

“Mu burasirazuba bw’igihugu hose, abaganga bacu bakomeje kubona ibikorwa by’ubugome ku baturage, no kutubahiriza amasezerano mpuzamahanga agamije kubarinda no gutanga ubufasha bw’ubuvuzi n’imibereho. Turasaba impande zose ziri mu mirwano guhagarika ibikorwa byose bishobora gushyira ubuzima bw’abaturage mu kaga no guteza ibyago ku mibereho yabo.”

Amakuru y’aho byabereye yemeza ko abantu bane bapfuye abandi benshi barakomereka, ndetse n’inyubako nyinshi zarangirika. Abaturage bo muri ako gace bavuga ko ubu hari ubwoba bukabije, nyuma y’ibi bikorwa by’indege byibasiye abaturage.

Tags: CenterMasisi
Share28Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Imiryango ihagarariye Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi yagejeje ikirego ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, isaba ko uwahoze ari Umuvugizi w’Ingabo...

Read moreDetails

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge Amakuru aturuka mu misozi y'i Mulenge, muri teritwari ya Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko habaye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump Yasobanuye Uko “Operation yo Gufata Maduro” Yakozwe

Perezida Trump Yasobanuye Uko “Operation yo Gufata Maduro” Yakozwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?