• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump Yasobanuye Uko “Operation yo Gufata Maduro” Yakozwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 4, 2026
in World News
0
Perezida Trump Yasobanuye Uko “Operation yo Gufata Maduro” Yakozwe
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump Yasobanuye Uko “Operation yo Gufata Maduro” Yakozwe

You might also like

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Amerika “izategeka” Venezuela kugeza igihe hazabaho impinduka z’ubutegetsi zizewe kandi zikwiye.” Ibi yabigarutseho asobanura ibitero byihariye bya Amerika mu gihugu cya Venezuela, ndetse n’igikorwa cyo gushimuta Perezida Nicolàs Maduro n’umugore we, Cilia Flores, igikorwa cyateye isi yose gutungurwa.

Trump yavuze ko inganda z’ibitoro za Amerika zizafasha gusana ibikorwa remezo byangiritse muri Venezuela, ndetse no gutangiza ibikorwa by’ubucuruzi bizazana inyungu ku baturage b’iki gihugu.

Ku rundi ruhande, leta ya Venezuela yemeje ko ibihugu by’amahanga bidakwiye kwivanga mu miyoborere y’igihugu, itangaza ibihe bidasanzwe mu gihugu. Visi Perezida w’igihugu yavuze ko Maduro ari we perezida wenyine wemewe n’amategeko kandi ko igihugu kizatanga igisubizo gikwiye ku buryo bw’amategeko ku birego byose by’ubushotoranyi.

Ku mugoroba wo ku wa gatandatu, Maduro na Cilia Flores bakuwe mu murwa mukuru Caracas mu gitero cya gisirikare cyakozwe n’abakomando ba Delta Force ya Amerika. Bahise bajyanwa ku ndege y’ingabo za gisirikare ibajyana ku bwato bw’intambara USS Iwo Jima, bwari butegereje ahantu hatazwi mu nyanja ya Karayibe.

Nyuma, bajyanywe ku kigo cya gisirikare cya Amerika i Guantanamo, Cuba, mbere y’uko indege ibakomereza muri New York, aho bagejejwe kuri Gereza ya Metropolitan Detention Center mu gace ka Brooklyn, aho Maduro ategerejwe gucibwa imanza.

Umushinjacyaha mukuru wa Amerika, Pam Bondi, yatangaje ko Maduro na Flores baregewe ibyaha bijyanye n’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibiyobyabwenge mu rukiko rwa New York.

Mbere y’ibi, Maduro yahakanye ibirego byo kuba ari umukuru w’“itsinda rigari” ry’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge, ashinja Amerika gukoresha “intambara ku biyobyabwenge” nk’uburyo bwo kumukuraho no kwigarurira ubukungu bw’ibitoro bya Venezuela.

Trump yasobanuye ko ingabo ze z’umutwe wa Delta Force zagabye igitero cya bucece, zinjira mu rugo rwa Maduro bamubona aryamye hamwe n’umugore we, barababyutsa maze baramujyana. Yavuze ko iyi operasiyo yihariye kandi idasanzwe, kuko uburinzi bwa Maduro butigeze bumenya ibyabaye, nubwo yari arinzwe n’ingabo nyinshi za Venezuela. Trump yongeyeho ko ibi bidasanzwe mu mateka y’isi, kandi bikaba bimaze kwandika amateka mashya.

Tags: MaduroTrump
Share31Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails

U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz

U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz U Bwongereza n’u Bufaransa nibyo biyoboye inama mpuzamahanga ikomeye iri kubera uyu munsi, ihuje ibihugu n’abafatanyabikorwa...

Read moreDetails

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran Mu gihe umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kuba mubi kandi urimo urujijo, abayobozi bakuru...

Read moreDetails
Next Post
“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?