• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 23, 2025
in Conflict & Security
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

You might also like

Imirwano Yongeye Kwaduka: MRDP-Twirwaneho Ihanganye Bikomeye n’Ingabo za FARDC n’Abambari Bazo

Ukuri ku Biri Kuba kuri Point Zero: MRDP-Twirwaneho Iracyahari, Amakuru yo Kuyifata Yabeshujwe

Tshisekedi Yatanze Umurongo Ukakaye Ushobora Gutuma AFC/M23 Ihezwa mu Biganiro by’Abanye-Congo

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyifashishe indege z’intambara gitera ibisasu ahatuwe cyane n’abaturage bihitana abatari bake.

Uyu munsi ku wa kane, itariki ya 23/10/2025, ni bwo FARDC yifashije indege z’intambara itera ibisasu ahitwa i Busika ho muri teritware ya Walikale, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru aturuka muri ako gace akemeza ko byahitanye ubuzima bw’abasivili b’inzirakarengane benshi, abandi n’abo batari bake bagakomereka.

Byanasobanuwe ko icyo gitero cyakozwe mu masaha ya kare yo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane.

Gusa, umubare wa bahitanywe n’icyo gitero nturamenyekana, ariko amakuru yo akemeza ko hariho abapfuye, abandi barakomeretswa.

Walikale imaze iminsi ivugwamo imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni imirwano yagiye ivugwa cyane mu gice cya Kibati, Mpety no mu nkengero za cyo. Bikavugwa ko uruhande rwa Leta ruri gukora ibi bitero mu rwego rwo kugerageza ahari ngo rurebe ko rwo kwisubiza ibice rwa mbuwe na AFC /M23 muri ibyo bice.

Kuko kandi ibi bitero iri kubigeragereza no mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, muri za teritware zitandukanye za yo.
Nk’ahar’ejo yabigabye ahitwa i Businga, Nzibira, no mu bindi bice bigenzurwa n’uyu mutwe wa AFC/M23.

Ariko kugeza ubu nta gice kingana n’urwara FARDC n’abambari bayo bari bambura uyu mutwe bahanganye.

Biriya bisasu byatewe i Busika, mu gihe n’i Nyabiondo muri Masisi haramukiye imirwano ikomeye hagati y’impande zombi.

Amakuru tumaze kwakira mu kanya gato gashize, agaragaza neza ko AFC/M23 yamaze kwigarurira iki gice cya Nyabiondo, ndetse ko yamaze no ku kigaruramo n’umutekano, ku buryo n’ibintu byamaze no gusubira mu buryo, nk’uko byari bisanzwe.

Tags: BusikaIndege ZintambaraWalikale
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Imirwano Yongeye Kwaduka: MRDP-Twirwaneho Ihanganye Bikomeye n’Ingabo za FARDC n’Abambari Bazo

by Bahanda Bruce
February 1, 2026
0
Imirwano Yongeye Kwaduka: MRDP-Twirwaneho Ihanganye Bikomeye n’Ingabo za FARDC n’Abambari Bazo

Imirwano Yongeye Kwaduka: MRDP-Twirwaneho Ihanganye Bikomeye n’Ingabo za FARDC n’Abambari Bazo Amakuru yizewe aturuka muri teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko mu gitondo cyo...

Read moreDetails

Ukuri ku Biri Kuba kuri Point Zero: MRDP-Twirwaneho Iracyahari, Amakuru yo Kuyifata Yabeshujwe

by Bahanda Bruce
February 1, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara

Ukuri ku Biri Kuba kuri Point Zero: MRDP-Twirwaneho Iracyahari, Amakuru yo Kuyifata Yabeshujwe Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, muri territwari za Fizi na Minembwe, mu...

Read moreDetails

Tshisekedi Yatanze Umurongo Ukakaye Ushobora Gutuma AFC/M23 Ihezwa mu Biganiro by’Abanye-Congo

by Bahanda Bruce
February 1, 2026
0
Tshisekedi Yatanze Umurongo Ukakaye Ushobora Gutuma AFC/M23 Ihezwa mu Biganiro by’Abanye-Congo

Tshisekedi Yatanze Umurongo Ukakaye Ushobora Gutuma AFC/M23 Ihezwa mu Biganiro by’Abanye-Congo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yavuze amarenga akomeye ashaka kwerekana ko...

Read moreDetails

Umurinzi wa Perezida Tshisekedi Yashinjwe Urugomo i Bruxelles

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Umurinzi wa Perezida Tshisekedi Yashinjwe Urugomo i Bruxelles

Umurinzi wa Perezida Tshisekedi Yashinjwe Urugomo i Bruxelles Abanyapolitiki batatu bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bagejeje ikirego mu nzego zitandukanye z’u Bubiligi, bashinja umusirikare ushinzwe...

Read moreDetails

Igikorwa cyo kwigabiza uduce twa Bibogobogo twahoze dutuwe n’Abanyamulenge cyamaganywe byimazeyo

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Igikorwa cyo kwigabiza uduce twa Bibogobogo twahoze dutuwe n’Abanyamulenge cyamaganywe byimazeyo

Igikorwa cyo kwigabiza uduce twa Bibogobogo twahoze dutuwe n’Abanyamulenge cyamaganywe byimazeyo Amakuru atandukanye akomeje gutangazwa n’abanyamakuru bakoresha imbuga nkoranyambaga, by’umwihariko amashene (YouTube channels) yibanda ku mutekano n’intambara mu...

Read moreDetails
Next Post
Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya "Balkanisation" -ubusesenguzi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?