• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 23, 2025
in Conflict & Security
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

You might also like

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyifashishe indege z’intambara gitera ibisasu ahatuwe cyane n’abaturage bihitana abatari bake.

Uyu munsi ku wa kane, itariki ya 23/10/2025, ni bwo FARDC yifashije indege z’intambara itera ibisasu ahitwa i Busika ho muri teritware ya Walikale, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru aturuka muri ako gace akemeza ko byahitanye ubuzima bw’abasivili b’inzirakarengane benshi, abandi n’abo batari bake bagakomereka.

Byanasobanuwe ko icyo gitero cyakozwe mu masaha ya kare yo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane.

Gusa, umubare wa bahitanywe n’icyo gitero nturamenyekana, ariko amakuru yo akemeza ko hariho abapfuye, abandi barakomeretswa.

Walikale imaze iminsi ivugwamo imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni imirwano yagiye ivugwa cyane mu gice cya Kibati, Mpety no mu nkengero za cyo. Bikavugwa ko uruhande rwa Leta ruri gukora ibi bitero mu rwego rwo kugerageza ahari ngo rurebe ko rwo kwisubiza ibice rwa mbuwe na AFC /M23 muri ibyo bice.

Kuko kandi ibi bitero iri kubigeragereza no mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, muri za teritware zitandukanye za yo.
Nk’ahar’ejo yabigabye ahitwa i Businga, Nzibira, no mu bindi bice bigenzurwa n’uyu mutwe wa AFC/M23.

Ariko kugeza ubu nta gice kingana n’urwara FARDC n’abambari bayo bari bambura uyu mutwe bahanganye.

Biriya bisasu byatewe i Busika, mu gihe n’i Nyabiondo muri Masisi haramukiye imirwano ikomeye hagati y’impande zombi.

Amakuru tumaze kwakira mu kanya gato gashize, agaragaza neza ko AFC/M23 yamaze kwigarurira iki gice cya Nyabiondo, ndetse ko yamaze no ku kigaruramo n’umutekano, ku buryo n’ibintu byamaze no gusubira mu buryo, nk’uko byari bisanzwe.

Tags: BusikaIndege ZintambaraWalikale
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya Balkanisation - ubusesenguzi Uwamenyekanye cyane kuri Tuungane Minembwe, imwe mu ma radio akorera mu misozi miremire y'i Mulenge,...

Read moreDetails

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyohereje Brigadier General Amuli Civiri na Brigadier General Ilunga Kabamba mu mujyi...

Read moreDetails

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryabyukiye mu mirwano na Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru Mu gihe imirwano yongeye kuremera muri Kivu y'Amajyaruguru hagati y'Ingabo za Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y'Amajyepfo Amakuru aturuka muri Kivu y'Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko imirwano yakomeye...

Read moreDetails
Next Post
Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya "Balkanisation" -ubusesenguzi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?