• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibitero bya misile na drone by’ingabo z’u Burusiya byangirije ibirimo n’umuriro wa mashanyarazi mu gihugu cya Ukraine.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2024
in Regional Politics
0
Ibitero bya misile na drone by’ingabo z’u Burusiya byangirije ibirimo n’umuriro wa mashanyarazi mu gihugu cya Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Ukraine, yatangaje ko u Burusiya bwakoresheje drone 17 na Misile 3 mu bitero bagabye ku bikoresho bitanga amashanyarazi mu gihugu cya Ukraine.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Ni mu bitero by’ingabo z’u Burusiya bakoze kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10/04/2024, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ijwi ry’Amerika.

Yatangaje ko ingabo za Ukraine zirwanira mu kirere zatanze amakuru ko ingabo z’u Burusiya zakoresheje ibibunda biremereye birasa za Misile na drone aho bavuze ko barashye drone 14 kuri 17 zakoreshejwe mu bitero u Burusiya bwakoze mu Ntara ya Mykolaiv na Odesa.

Bikavuga ko ibyo bibunda hasenywemo bibiri kuri bitatu u Burusiya bwakoresheje mu bitero bagabye mu Ntara ya Odesa.

Oleh Kiper, Guverineri w’i Ntara ya Odesa mu butumwa yahaye itangaza makuru, yavuze ko ibitero by’u Burusiya byagabwe ku bikoresho bitanga umuriro wa mashanyarazi mu gihugu cya Ukraine, ko byasize byangirije ndetse n’abantu batari bake barakomereka.

Mu gihe Guverineri w’i Ntara ya Mykolaiv, Vitaliy Kim , yatangaje ko ibitero bya drone muri iyo Ntara byangirije ibikoresho bitanga amashanyarazi, bituma umuriro wa mashanyarazi ubura mu bice bimwe by’i gihugu.

Uyu muyobozi yanavuze ko byafashe umwanya utari muto kugira ngo amashanyarazi agaruke.

Ibyo bibaye mu gihe u Burusiya buvuga ko bwasenye drone za Ukraine zigera kuri 5 zari zagabye ibitero mu Ntara ya Bryansk.

Tags: Byangirije ibirimo n'umuriro wa mashanyarazi mu gihugu cya UkraineDroneIbiteroMisile
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
AFC ya Corneille Nangaa, yasabye abaturage b’i Goma kuba umwe muri iki gihe bari kwicwa n’ingabo za Tshisekedi.

AFC ya Corneille Nangaa, yasabye abaturage b'i Goma kuba umwe muri iki gihe bari kwicwa n'ingabo za Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?