• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibitero by’Ingabo z’u Burundi n’iza Leta ya RDC mu misozi ya Minembwe byongeye gukaza umutekano muke

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
February 19, 2026
in Conflict & Security
0
MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanuye Drones za FARDC Zirenga Imwe
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero by’Ingabo z’u Burundi n’iza Leta ya RDC mu misozi ya Minembwe byongeye gukaza umutekano muke

You might also like

Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR

Burundi: Impungenge Zikomeye Zibasiye Igisirikare Nyuma y’Amakuru y’Ibanga Avugwa ko Ari Kumeneka n’Ibibazo by’Intambara

Nyabiheke: Hari Impunzi Zisaba Umucyo ku Micungire ya Mutualité, Zifuza ko Hakorwa Igenzura Ryigenga

Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, muri teritwari ya Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko habaye ibindi bitero byagabwe ku baturage b’Abanyamulenge, bigizwemo uruhare n’ingabo z’u Burundi zifatanyije n’iza Leta ya RDC.

Ibi bitero byagabwe ku mihana ituwe n’Abanyamulenge iherereye mu bice bya Gakenge ndetse no mu nkengero za Kalingi, ahazwi nka Bicumbi na Mutunda. Amakuru yizewe atangwa n’abari muri utu duce agaragaza ko izi ngabo zifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo, ndetse n’abacanshuro bivugwa ko baturutse mu bihugu by’i Burayi na Amerika, bagabye ibyo bitero mu masaha y’itondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 19/02/2026.

Nk’uko amakuru akomeza abivuga, iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC, rigizwe n’Ingabo za Leta (FARDC), iz’u Burundi, FDLR na Wazalendo, ryakoresheje intwaro ziremereye n’izoroheje mu kugaba ibyo bitero byibasiraga abaturage.

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho uvuga ko urwanira kurengera Abanyamulenge, watabaye usubiza inyuma ibyo bitero. Nubwo bimeze bityo ariko, amakuru aturuka muri ibyo bice avuga ko hari umusivili umwe w’Umunyamulenge wishwe, aho bivugwa ko yararagiye inka ze mu rwuri agahurira n’izo ngabo, akahasiga ubuzima.

Ibi bitero bibaye mu gihe ubuyobozi bwa RDC bwari bwatangaje ko bwemeye agahenge kasabwe na Perezida wa Angola, João Lourenço, mu rwego rwo kugabanya imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bw’iki gihugu.

Amateka y’umutekano muke mu misozi ya Minembwe n’ahandi hatuwe n’Abanyamulenge akomeje kuba ingorabahizi, aho abaturage bakomeje kugaragaza impungenge z’umutekano wabo, mu gihe ibikorwa bya gisirikare bikomeje gutuma bamwe bava mu byabo bagahungira mu bindi bice byizewe kurushaho. Ibi bikaba byiyongera ku bibazo by’umutekano bimaze imyaka myinshi birangwa n’imirwano ihanganishije ingabo za Leta n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu y’Amajyepfo n’iya Majyaruguru.

Tags: IbiteroMinembwe
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR

Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Guverinoma...

Read moreDetails

Burundi: Impungenge Zikomeye Zibasiye Igisirikare Nyuma y’Amakuru y’Ibanga Avugwa ko Ari Kumeneka n’Ibibazo by’Intambara

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Burundi: Impungenge Zikomeye Zibasiye Igisirikare Nyuma y’Amakuru y’Ibanga Avugwa ko Ari Kumeneka n’Ibibazo by’Intambara

Burundi: Impungenge Zikomeye Zibasiye Igisirikare Nyuma y'Amakuru y'Ibanga Avugwa ko Ari Kumeneka n'Ibibazo by'Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Amakuru akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, ndetse no mu banyapolitiki...

Read moreDetails

Nyabiheke: Hari Impunzi Zisaba Umucyo ku Micungire ya Mutualité, Zifuza ko Hakorwa Igenzura Ryigenga

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Nyabiheke: Hari Impunzi Zisaba Umucyo ku Micungire ya Mutualité, Zifuza ko Hakorwa Igenzura Ryigenga

Nyabiheke: Hari Impunzi Zisaba Umucyo ku Micungire ya Mutualité, Zifuza ko Hakorwa Igenzura Ryigenga MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Minembwe Capital News (MCN) yakiriye ubutumwa bwaturutse ku mpunzi y'Umunyekongo...

Read moreDetails

RDC: C64 Yashyizeho Umugambi Mushya wo Guhatira Tshisekedi Kwegura Mu Gihe Impaka ku Itegeko Nshinga Zirushaho Gukaza Umurego

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC: C64 Yashyizeho Umugambi Mushya wo Guhatira Tshisekedi Kwegura Mu Gihe Impaka ku Itegeko Nshinga Zirushaho Gukaza Umurego

RDC: C64 Yashyizeho Umugambi Mushya wo Guhatira Tshisekedi Kwegura Mu Gihe Impaka ku Itegeko Nshinga Zirushaho Gukaza Umurego MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri...

Read moreDetails

Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi

Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Etienne Muragizi, Umunyamulenge usanzwe...

Read moreDetails
Next Post
Oliver Rumenge Yasabye Abanye-Congo Gusigasira Umurage w’Intwari Yarwaniye Uburenganzira n’Umutekano w’Abaturage

Oliver Rumenge Yasabye Abanye-Congo Gusigasira Umurage w’Intwari Yarwaniye Uburenganzira n’Umutekano w’Abaturage

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?