• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibitero FARDC yagabye i Nyangenzi byasubijwe inyuma.

minebwenews by minebwenews
April 1, 2025
in Regional Politics
0
Ibitero FARDC yagabye i Nyangenzi byasubijwe inyuma.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero FARDC yagabye i Nyangenzi byasubijwe inyuma.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryagabye ibitero byibasiriye abaturage n’ibirindiro by’umutwe wa m23 i Nyangenzi muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Epfo, uyu mutwe wa m23 urwanya ubu butegetsi bw’i Kinshasa ubisubiza inyuma.

Isaha ya saa kumi n’imwe zija gushyira muri saa kumi nebyiri z’igitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 01/04/2025, nibwo ihuriro ry’ingabo za Congo ririmo FARDC, FDLR, FDNB na Wazalendo ryagabye ibitero i Nyangenzi no mu bindi bice bituwe n’abaturage biherereye muri icyo gice, ariko m23 ikaza kubisubiza inyuma.

Ibyo bice n’ibirimo Mumusho mu birometero 15 uvuye mu mujyi wa Bukavu, cyo kimwe na Munya nayo itari kure n’i Bukavu. Utu duce twombi tukaba duherereye mu nkengero za centre ya Nyangenzi.

M23 imaze amezi abiri igenzura iki gice cya Nyangenzi n’inkengero zacyo, yirwanyeho ivugutira umuti ririya huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa irisubiza inyuma .
Kugeza ubu uyu mutwe wa m23 aracyagenzura utu duce.

Ibi bitero bije bikurikira nanone ibindi iri huriro ry’ingabo za Congo ryagabye i Nyangenzi mu byumweru bibiri bishyize, nabyo bikaza gusubizwa inyuma n’uyu mutwe.

Uruhande rwa Leta rugaba biriya bitero rugamije kwisubiza ibice m23 yarwambuye birimo Kamanyola iyo uyu mutwe wafashe mu mpera z’ukwezi kwa kabiri nyuma yuko wari wafashe umujyi wa Bukavu ku ya 16/02/2025.

Ni ibitero amakuru avuga ko byaguyemo abasirikare ba FARDC na Wazalendo benshi barimo n’abasirikare bakuru ba Leta babiri, umwe muri bo akaba yarafite ipeti rya Colonel mu gihe undi yarafite ipeti rya Major.

Aya makuru asoza agaragaza ko iri huriro ry’ingabo za RDC ryagabye ibi bitero riturutse i Kaziba ahaheruka gufatwa n’uyu mutwe wa m23 nyuma ukaza kuhikura nta mirwano ibaye, maze Wazalendo, Ingabo z’u Burundi iza Congo na FDLR barayigarurira.

Tags: IbiteroM23NyangenziWazalendo
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burasizuba bwa RDC havutse undi mutwe witwara gisirikare ukomeye.

Mu Burasizuba bwa RDC havutse undi mutwe witwara gisirikare ukomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?