Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ko Donald Trump wahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ko yavuze ku magereza yo muri Congo Kinshasa, byiswe ikinyoma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Ibivugwa ko Donald Trump wahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ko yavuze ku magereza yo muri Congo Kinshasa, byiswe ikinyoma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiheruka gutangazwa ko Donald Trump, yavuze ko gereza zo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo zasibye abagizi banabi bari bazifungiyemo bajanwa muri Amerika, nti bivugwaho rumwe nabose.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Nta kimenyetso nakimwe cyerekana ko uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yavuze ko “ubutegetsi bwa Congo bwa funze gereza , kugira ngo abagizi banabi bajanwe muri Amerika,” nk’uko igitangaza makuru cya CNN dukesha iy’inkuru cya bitangaje.

Iki gitangaza makuru cya CNN, kivuga kandi ko ibyo byiswe ikinyoma n’umuvugizi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse ko n’ibindi b’ihugu bituraniye RDC byahakanye ay’amakuru biyita ikinyoma cyambaye ubusa.

Ubwo Patrick Muyaya yabazwaga kuri iki kibazo ya bwiye umunyamakuru wa CNN, ko ibyo ari ibinyoma.

Ati: “Ibyo byose si ukuri.”

K’u wa Gatanu, ambasaderi wa leta ya Kinshasa, muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika Serge Mombouli, yavuze ko kuba hari abavuga ko amagereza yo muri RDC bararekuye abagizi banabi bajanwa muri Amerika ko ibyo ari ibinyoma.

Yagize ati: “Nta kuri kubirimo, kandi nta kimenyetso kibyerekana ko ari ukuri. Rero ibyo ni amagambo y’amunwa.”

Ambasaderi yakomeje avuga ati: “Iz’i nkuru rwose zigomba guhagarikwa.”

Bimwe mu bitangaza makuru byo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, muri iki Cyumweru, zari zatangaje ko Donald Trump yari yavuze ko gereza zo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirimo ubusa ko abari bazirimo boherejwe muri Amerika.

       MCN.
Tags: Abagizi banabi boherezwa AmericaDonald TrumpGerezaYasibye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili,  ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

Umugabo uzwi cyane mu mateka y'u Burusiya,Jacob Jugashvili, ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?