• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ko Donald Trump wahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ko yavuze ku magereza yo muri Congo Kinshasa, byiswe ikinyoma.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Ibivugwa ko Donald Trump wahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ko yavuze ku magereza yo muri Congo Kinshasa, byiswe ikinyoma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiheruka gutangazwa ko Donald Trump, yavuze ko gereza zo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo zasibye abagizi banabi bari bazifungiyemo bajanwa muri Amerika, nti bivugwaho rumwe nabose.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nta kimenyetso nakimwe cyerekana ko uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yavuze ko “ubutegetsi bwa Congo bwa funze gereza , kugira ngo abagizi banabi bajanwe muri Amerika,” nk’uko igitangaza makuru cya CNN dukesha iy’inkuru cya bitangaje.

Iki gitangaza makuru cya CNN, kivuga kandi ko ibyo byiswe ikinyoma n’umuvugizi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse ko n’ibindi b’ihugu bituraniye RDC byahakanye ay’amakuru biyita ikinyoma cyambaye ubusa.

Ubwo Patrick Muyaya yabazwaga kuri iki kibazo ya bwiye umunyamakuru wa CNN, ko ibyo ari ibinyoma.

Ati: “Ibyo byose si ukuri.”

K’u wa Gatanu, ambasaderi wa leta ya Kinshasa, muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika Serge Mombouli, yavuze ko kuba hari abavuga ko amagereza yo muri RDC bararekuye abagizi banabi bajanwa muri Amerika ko ibyo ari ibinyoma.

Yagize ati: “Nta kuri kubirimo, kandi nta kimenyetso kibyerekana ko ari ukuri. Rero ibyo ni amagambo y’amunwa.”

Ambasaderi yakomeje avuga ati: “Iz’i nkuru rwose zigomba guhagarikwa.”

Bimwe mu bitangaza makuru byo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, muri iki Cyumweru, zari zatangaje ko Donald Trump yari yavuze ko gereza zo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirimo ubusa ko abari bazirimo boherejwe muri Amerika.

       MCN.
Tags: Abagizi banabi boherezwa AmericaDonald TrumpGerezaYasibye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili,  ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

Umugabo uzwi cyane mu mateka y'u Burusiya,Jacob Jugashvili, ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?