Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa kuri Lt Gen Masunzu wageze i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 20, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa kuri Lt Gen Masunzu wageze i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo.
164
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa kuri Lt Gen Masunzu wageze i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Lieutenant General Pacifique Masunzu uyoboye zone ya gatatu y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yageze i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu masaha make ashize yo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 20/01/2025 ni bwo Lt Gen. Masunzu yasesekaye mu mujyi wa Bukavu.

Amakuru yizewe Minembwe.com yamaze ku menya nuko uyu muyobozi wo muri FARDC yageze i Bukavu nyuma y’aho yari avuye i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi. Bikavugwa ko yari i Burundi kuganira n’abategetsi baho ku byerekeye i ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Leta y’u Burundi isanzwe ifite ingabo zayo muri Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru zibarirwa mu bihumbi 15, aho zifasha FARDC kurwanya umutwe wa M23 nubwo ntacyo zihindura kuko nta gace nakamwe zirambura abo barwanyi.

Iyi nkuru ikavuga uruzinduko rwa Masunzu i Bujumbura rwari rugamije gusaba u Burundi kongera ingabo zabwo muri RDC kugira ngo aziyobore murugamba rwo guhangana n’umutwe wa M23.

Ni mu gihe uyu musirikare ufite ipeti ry’inyenyeri zitatu, aheruka guhabwa kuyobora zone ya gatatu, ikaba ireba intara zitandatu harimo n’iz’u Burasirazuba bw’iki gihugu, Kivu Yaruguru n’iyEpfo.

Ubwo Masunzu yari amaze kwakirwa i Bukavu yahise ajanwa muri Hotel y’itwa Riviera ya Bahati Lukwebo.

Uyu musirikare ageze muri aka karere mu gihe ku munsi w’ejo hashize ingabo za FARDC na FDLR bagabye ibitero mu mihana y’Abanyamulenge benewabo. Ibyo bitero bikaba byaragabwe mu mihana iherereye mu bice byo muri Komine ya Minembwe.Ni bitero byasize bihitanye ubuzima bw’Abanyamulenge benshi harimo kandi ko iz’i ngabo za FARDC zanatwitse n’amwe mu mazu yabenewabo na Masunzu.

Ahageze kandi mu gihe umutwe wa M23 wafashe tumwe mu duce two muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: BukavuMasunzu
Share66Tweet41Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Trump warahiye nka perezida 47 w’Amerika ni muntu ki?

Trump warahiye nka perezida 47 w'Amerika ni muntu ki?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?