• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya basirikare b’u Burundi, baheruka gukumirana basubira mu Minembwe bari bageze i Baraka, ibyabo bya menyekanye.

minebwenews by minebwenews
February 3, 2024
in Regional Politics
0
Ibya basirikare b’u Burundi, baheruka gukumirana basubira mu Minembwe bari bageze i Baraka, ibyabo bya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zibarirwa muri 250 ziheruka gukimirana, zisubira mu Minembwe, nyuma y’uko zari zahavuye zigana i Baraka, ahazwi nk’u Mujyi wa teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ibyabo byamaze ku menyekana.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Abasirikare b’u Burundi bavuye mu Minembwe, mu mpera z’i Cyumweru gishize, berekeza i Baraka, aho bamaze iminsi itatu yonyine gusa, maze bongera gusubira mu Minembwe.

Ubwo bageraga i Baraka, bakiriwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zo muri Regima ireba uwo Mujyi wa Baraka. Amakuru yizewe Minembwe Capital News yahawe n’u mwe mu Basirikare b’u Burundi baherereye mu Minembwe, yavuze ko bavuye mu Minembwe bagiye koherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23, ariko basabwa kubanza guca Baraka ngo bahabwe amabwiriza.

Uy’u musirikare yavuze kandi ko bamaze kugera i Baraka bakirwa neza n’igisirikare cya FARDC nyuma yaho haza kuza umusirikare w’u Burundi, wari uvuye i Bujumbura ufite ipeti rya General, abatangariza ko afite ubutumwa bureba ubuyobozi bw’ingabo z’u Burundi zari zi vuye mu Minembwe na FARDC ireba i Baraka.

Haje kuba iki ganiro cyahuje abo basirikare b’u Burundi bari bageze i Baraka bavuye mu Minembwe n’umusirikare mukuru wari uvuye i Bujumbura, n’abasirikare ba FARDC, muri icyo kiganiro, abasirikare b’u Burundi, bategetswe kongera gusubira mu Minembwe ngo kuko umutekano w’igihugu cyabo ugomba kurindirwa mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

Yakomeje avuga ko abasirikare b’u Burundi bongeye gusubira mu Minembwe, maze bahabwa imifuka y’imiceri, imbunda n’amasasu.

Hari amashusho y’abo basirikare b’u Burundi yafashwe ubwo bari bageze mu Bibogobogo bongeye gukumirana basubira mu Minembwe, bavuye i Baraka, yagaragaza ga ko bari bikoreye ubona baremerewe cyane, nk’uko bya navuzwe n’abaturage baturiye ibyo bice.

Umwe mu turage wafashe ayo mashusho ya bwiye Minembwe Capital News, ati: “Ba basirikare b’u Burundi, bongeye gusubira mu Minembwe. Bavuye i Baraka; urabona barushye rwose! kuko bari koreye bidasanzwe, bikoreye imbunda zimwe ubona z’imizinga, n’imifuka y’imiceri ndetse n’amasasu.”

Gusa mu minsi itatu ishize umuryango w’Abaturage wa Twirwaneho, mu Minembwe, bashize hanze inyandiko ndende zivuga ko bafite amakuru ahagije bahawe n’umusirikare w’u Burundi, aho bavuze ko ya ba buriye ko leta ya perezida Evariste Ndayishimiye yamaze kwinjira mu mugambi wo kurimbura abanyamulenge.

Izo nyandiko zikomeza zivuga ko umugambi Perezida Evariste Ndayishimiye arimo wo kurimbura Abanyekongo ba Banyamulenge awufatikanijemo na leta ya perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Twirwaneho yasoje isaba imiryango Mpuzamahanga kudacyecyeka mu gihe amareta akomeje gutegura imigambi yo gutsemba Abatutsi mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

Tu bibutseko ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, zimaze mu Minembwe, hafi umwaka umwe urengaho ukwezi kumwe ni mugihe bageze mu Minembwe, tariki ya 01/01/2023; Bahageze bavuye ku Ndondo ya Bijombo aho bamaze imyaka irenga ibiri.

Bruce Bahanda.

Tags: Bya menyekanyeIby'ingabo z'u BurundiZari zigeze i BarakaZiheruka gukimirana zisubira mu Minembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
M23, yongeye ku bohoza ibindi bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

M23, yongeye ku bohoza ibindi bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?