• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya basirikare b’u Burundi, baheruka gukumirana basubira mu Minembwe bari bageze i Baraka, ibyabo bya menyekanye.

minebwenews by minebwenews
February 3, 2024
in Regional Politics
0
Ibya basirikare b’u Burundi, baheruka gukumirana basubira mu Minembwe bari bageze i Baraka, ibyabo bya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zibarirwa muri 250 ziheruka gukimirana, zisubira mu Minembwe, nyuma y’uko zari zahavuye zigana i Baraka, ahazwi nk’u Mujyi wa teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ibyabo byamaze ku menyekana.

Abasirikare b’u Burundi bavuye mu Minembwe, mu mpera z’i Cyumweru gishize, berekeza i Baraka, aho bamaze iminsi itatu yonyine gusa, maze bongera gusubira mu Minembwe.

READ ALSO

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

Ubwo bageraga i Baraka, bakiriwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zo muri Regima ireba uwo Mujyi wa Baraka. Amakuru yizewe Minembwe Capital News yahawe n’u mwe mu Basirikare b’u Burundi baherereye mu Minembwe, yavuze ko bavuye mu Minembwe bagiye koherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23, ariko basabwa kubanza guca Baraka ngo bahabwe amabwiriza.

Uy’u musirikare yavuze kandi ko bamaze kugera i Baraka bakirwa neza n’igisirikare cya FARDC nyuma yaho haza kuza umusirikare w’u Burundi, wari uvuye i Bujumbura ufite ipeti rya General, abatangariza ko afite ubutumwa bureba ubuyobozi bw’ingabo z’u Burundi zari zi vuye mu Minembwe na FARDC ireba i Baraka.

Haje kuba iki ganiro cyahuje abo basirikare b’u Burundi bari bageze i Baraka bavuye mu Minembwe n’umusirikare mukuru wari uvuye i Bujumbura, n’abasirikare ba FARDC, muri icyo kiganiro, abasirikare b’u Burundi, bategetswe kongera gusubira mu Minembwe ngo kuko umutekano w’igihugu cyabo ugomba kurindirwa mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

Yakomeje avuga ko abasirikare b’u Burundi bongeye gusubira mu Minembwe, maze bahabwa imifuka y’imiceri, imbunda n’amasasu.

Hari amashusho y’abo basirikare b’u Burundi yafashwe ubwo bari bageze mu Bibogobogo bongeye gukumirana basubira mu Minembwe, bavuye i Baraka, yagaragaza ga ko bari bikoreye ubona baremerewe cyane, nk’uko bya navuzwe n’abaturage baturiye ibyo bice.

Umwe mu turage wafashe ayo mashusho ya bwiye Minembwe Capital News, ati: “Ba basirikare b’u Burundi, bongeye gusubira mu Minembwe. Bavuye i Baraka; urabona barushye rwose! kuko bari koreye bidasanzwe, bikoreye imbunda zimwe ubona z’imizinga, n’imifuka y’imiceri ndetse n’amasasu.”

Gusa mu minsi itatu ishize umuryango w’Abaturage wa Twirwaneho, mu Minembwe, bashize hanze inyandiko ndende zivuga ko bafite amakuru ahagije bahawe n’umusirikare w’u Burundi, aho bavuze ko ya ba buriye ko leta ya perezida Evariste Ndayishimiye yamaze kwinjira mu mugambi wo kurimbura abanyamulenge.

Izo nyandiko zikomeza zivuga ko umugambi Perezida Evariste Ndayishimiye arimo wo kurimbura Abanyekongo ba Banyamulenge awufatikanijemo na leta ya perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Twirwaneho yasoje isaba imiryango Mpuzamahanga kudacyecyeka mu gihe amareta akomeje gutegura imigambi yo gutsemba Abatutsi mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

Tu bibutseko ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, zimaze mu Minembwe, hafi umwaka umwe urengaho ukwezi kumwe ni mugihe bageze mu Minembwe, tariki ya 01/01/2023; Bahageze bavuye ku Ndondo ya Bijombo aho bamaze imyaka irenga ibiri.

Bruce Bahanda.

Tags: Bya menyekanyeIby'ingabo z'u BurundiZari zigeze i BarakaZiheruka gukimirana zisubira mu Minembwe

Related Posts

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
Regional Politics

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

August 26, 2026
Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza
Regional Politics

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

August 25, 2026
INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA
Regional Politics

INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA

August 25, 2026
Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Next Post
M23, yongeye ku bohoza ibindi bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

M23, yongeye ku bohoza ibindi bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?