• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23, yongeye ku bohoza ibindi bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 3, 2024
in Regional Politics
0
M23, yongeye ku bohoza ibindi bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 03/02/2024, M23, yambuye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, agace ka Bwerimana na Kirotshe, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

Bya vuzwe ko M23 yageze muri Bwerimana na Kirotshe, isanga ingabo z’u Burundi byavugwa ko ariho bahungiye, bahageze basanga nta musirikare n’umwe uharangwa.

Ninyuma y’uko ku munsi w’ejo hashize tariki ya 02/02/2024, M23 yari yafashe ibice byinshi birimo na i Shasha ndetse n’imisozi iherereye muri i Shasha, harimo n’umuhanda ugana Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kuri ubu hagenzurwa na M23.

Gusa uy’u munsi k’u wa Gatandatu, kuva amasaha y’igitondo kugeza izi saha ntahantu haravugwa imirwano, mu bice byose bimaze kwigarurirwa na M23, harimo n’ibice bya Karuba, Mushaki na Mweso, ahamaze iminsi hibasirwa n’ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Ni mugihe indege z’intambara harimo iya MONUSCO n’iyingabo za SADC, zarashweho zirashwanyagurika, nyuma y’uko zarimo zigaba ibitero mu baturage baturiye teritware ya Masisi.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO), zashize inyandiko hanze zishinja M23 kuba ar’iyo yashwanyaguje indege yabo; naho ingabo za Afrika y’Epfo, zashize itangazo hanze rimenyesha ko indege yabo yarashweho irangirika n’abayirimo barakomereka, ariko birinda kugira uwo batunga urutoki kuba inyuma y’igitero cy’ibasiriye indege y’intambara yabo.

Nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, zitsinzwe mu mirwano y’ejo ku wa Gatanu, biravugwa ko ingabo z’u Burundi ko zahise zihungira Minova, FDLR na Wazalendo bo bakaba bagikomeje ibikorwa byabo byo gushimuta abasivile bo mu bwoko bw’Abatutsi, i Ngungu na Murambi.

Ibi bya hamijwe n’umwe mu baturage baturiye i Masisi, uzwi kw’izina rya Rutebuka, yakoresheje urubuga rwa X, ashinja FDLR, gushimuta abasivile.

Yagize ati: “Nyuma yo gutsindwa kwa FARDC, ingabo z’u Burundi, FDLR, SADC na Wazalendo, bari gushimuta abasivile bo mu bwoko bw’Abatutsi. Hamaze gushimutwa Marandura na Shemeza, bo ku Murambi, bashimuswe n’uwitwa Colonel James, wahoze muri Maï Maï.”

Mu minsi ibiri ishize i Murambi, hashimutswe undi mugabo wo mu bwoko bw’Abatutsi, witwa J.Paul, wavuzwe ko ari umwuzukuru wa Nzanira. Bya vuzwe ko yashimuswe nawe na Wazalendo na FDLR.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibindi biceYabohoje
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gitondo...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’uko ubuyobozi bw’Ingabo za RDC, batashwe n’ubwoba i Goma, Umzalendo yahishuye ko M23 izayobora igihugu.

Nyuma y'uko ubuyobozi bw'Ingabo za RDC, batashwe n'ubwoba i Goma, Umzalendo yahishuye ko M23 izayobora igihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?