• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.

minebwenews by minebwenews
February 26, 2024
in Regional Politics
0
Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 barashinja ingabo z’umuryango w’Abibumbye gukorana na Fardc ikorana na FDLR, igakoresha n’abana mu gisirikare.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni byo umuvuguzi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yavuze akoresheje urubuga rwa X, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024.

Lawrence Kanyuka, yagaragaje ko kuri uyu wa Mbere, bahawe amakuru yizewe, ndetse yerekana n’inzandiko zivuga ko habaye i Nama yahuje FDLR n’ubuyobozi bw’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Iyo Nama ya huje FDLR na Fardc ngo ikaba ya bereye kuri Hotel Smath, iherereye i Kanombe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yavuze kandi ko k’uruhande rw’u buyobozi bw’Ingabo za RDC ko ibyo biganiro byitabiriwe na General Mayanga, mu gihe FDLR yo abitabiriye ibyo biganiro kwari abo kwa Shariyo.

Kanyuka yakomeje avuga ko inkomeri za FDLR zivurirwa hamwe n’iza basirikare ba Fardc, ko kandi abenshi bahorejwe kuvurirwa mu bitaro bya Centre de Sante ya Numbi, yo muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kuri ibyo umuvuguzi wa M23 akaba yahamagariye imiryango mpuzamahanga ku dacyeceka mugihe abaturage bo mu bwoko bumwe mu Burasirazuba bwa RDC, buri gukomeza kwicwa na FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC.

Uy’u muvugizi wa M23 akaba yasoje avuga ko mu ntambara yabaye kuri uyu wa Mbere, ingabo z’u mutwe abereye umuvuguzi ko zarwanye ku baturage baturiye agace ka Mpati, mu buryo bwa kinyamwuga, ndetse ngo baza no kongera kwa mbura imbunda ninshi ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Yagize ati: “Kuri uyu wa Mbere, M23 yarwanye ku baturage baturiye Mpati, kandi twa barwanyeho kinyamwuga, ndetse ihuriro ry’ingabo za RDC bataye ibikoresho by’agisirikare byinshi ku rugamba.”

Ni mugihe kandi mu mirwano yabaye kuri uyu wo ku Cyumweru, M23 yari yafashe ibindi bikoresho byinshi by’agisirikare, ibya mbuye FARDC, FDLR, Wagner ingabo z’u Burundi Wazalendo na SADC.

             MCN.
Tags: Byashizwe ku karubandaIbya FDLR na FARDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy’u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.

Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy'u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?