Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

iby’Amatora ateganijwe kuba muri RDC, ntibivugwaho rumwe na bose n’Ibigo bikomeye byiyemeje kuyakurikirana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 5, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ushinzwe itumanaho mu bihugu by’umwe bw’u Burayi, yabajijwe ikibazo kibazako boba barangiwe kuba indorererezi mu matora ateganijwe kuba muri RDC, tariki 20/12/2023, yishuyeko ayo mukuru atayazi hubwo ko ibikoresho byabo byari kubafasha mu gukurikirana amatora Guverinoma ya kinshasa yanze ko babikoresha.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibi bibaye mugihe Abakandida byamaze kugaragara ko bariguterwa amabuye abandi bakaraswa muribi bihe byo kw’iyamamaza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Nk’uko byagiye bigaragara bamwe mu bakandida bashinjwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa ko boba baratumwe n’ibihugu by’amahanga bishaka kugenzura umudendezo wa RDC . Ibi akenshi na perezida Félix Tshisekedi yagiye abivuga aho yagiye yiyamarimaza ndetse yagiye atunga n’agatoki mugenzi we MOÏSE KATUMBI CHAPWE, ko yatumwe n’u Rwanda.

Tubibutseko perezida Félix Tshisekedi, aharanira kwegukana indi manda akaba aribyo bituma ashinja bagenzi be kuba ibikoresho by’amahanga, murwego rwokugira ngo y’igaruriye imitima y’abanyekongo nimugihe abanyekongo iyo uberetse u Rwanda ko ari umwanzi wa Congo muricyogihe uba inshuti yabarya bakumva.

Perezida Félix Tshisekedi yarahiriye kuyobora Congo Kinshasa, muri manda yambere, m’ukwezi kwa Mbere(1) umwaka w’ 2019. Nyuma y’uko hari havuzwe ko mu matora habayemo uburiganya bukomeye kuri Martin Fayulu uvuga ko ariwe wariwatsinze ayo matora .

Gusa bivugwa ko n’ubundi Martin Fayulu ko ashigikiwe naza sosiyete sivile n’amatorero menshi muri aya matora ateganijwe kuya 20/12/23, nk’uko byatangajwe na CARTER yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Iki kigo cy’Abanyamerika ki kaba cyariyemeje kuza kurikirana iby’Amatora yo kuri 20/12/23, gifatanije n’indorerezi zizava mu bihugu bigize umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo ( SADC).

Bruce Bahanda.

Tags: Ibigo bikomeye byiyemeje gukurikirana Amatora azaba muri RDCTariki 20/12/2023
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za Gen Sultan Makenga ngo zirenda gufata u Mujyi wa Mushaki, nimugihe bageze mu Bilometre 5.

Comments 1

  1. nzayiramya Fidèle says:
    2 years ago

    Biteyimpungenge nukuri. Ayamatora nimana izayabamo si non hazaba ibibazo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?