• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

iby’Amatora ateganijwe kuba muri RDC, ntibivugwaho rumwe na bose n’Ibigo bikomeye byiyemeje kuyakurikirana.

minebwenews by minebwenews
December 5, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ushinzwe itumanaho mu bihugu by’umwe bw’u Burayi, yabajijwe ikibazo kibazako boba barangiwe kuba indorererezi mu matora ateganijwe kuba muri RDC, tariki 20/12/2023, yishuyeko ayo mukuru atayazi hubwo ko ibikoresho byabo byari kubafasha mu gukurikirana amatora Guverinoma ya kinshasa yanze ko babikoresha.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ibi bibaye mugihe Abakandida byamaze kugaragara ko bariguterwa amabuye abandi bakaraswa muribi bihe byo kw’iyamamaza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Nk’uko byagiye bigaragara bamwe mu bakandida bashinjwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa ko boba baratumwe n’ibihugu by’amahanga bishaka kugenzura umudendezo wa RDC . Ibi akenshi na perezida Félix Tshisekedi yagiye abivuga aho yagiye yiyamarimaza ndetse yagiye atunga n’agatoki mugenzi we MOÏSE KATUMBI CHAPWE, ko yatumwe n’u Rwanda.

Tubibutseko perezida Félix Tshisekedi, aharanira kwegukana indi manda akaba aribyo bituma ashinja bagenzi be kuba ibikoresho by’amahanga, murwego rwokugira ngo y’igaruriye imitima y’abanyekongo nimugihe abanyekongo iyo uberetse u Rwanda ko ari umwanzi wa Congo muricyogihe uba inshuti yabarya bakumva.

Perezida Félix Tshisekedi yarahiriye kuyobora Congo Kinshasa, muri manda yambere, m’ukwezi kwa Mbere(1) umwaka w’ 2019. Nyuma y’uko hari havuzwe ko mu matora habayemo uburiganya bukomeye kuri Martin Fayulu uvuga ko ariwe wariwatsinze ayo matora .

Gusa bivugwa ko n’ubundi Martin Fayulu ko ashigikiwe naza sosiyete sivile n’amatorero menshi muri aya matora ateganijwe kuya 20/12/23, nk’uko byatangajwe na CARTER yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Iki kigo cy’Abanyamerika ki kaba cyariyemeje kuza kurikirana iby’Amatora yo kuri 20/12/23, gifatanije n’indorerezi zizava mu bihugu bigize umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo ( SADC).

Bruce Bahanda.

Tags: Ibigo bikomeye byiyemeje gukurikirana Amatora azaba muri RDCTariki 20/12/2023
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za Gen Sultan Makenga ngo zirenda gufata u Mujyi wa Mushaki, nimugihe bageze mu Bilometre 5.

Comments 1

  1. nzayiramya Fidèle says:
    2 years ago

    Biteyimpungenge nukuri. Ayamatora nimana izayabamo si non hazaba ibibazo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?