• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, May 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

iby’Amatora ateganijwe kuba muri RDC, ntibivugwaho rumwe na bose n’Ibigo bikomeye byiyemeje kuyakurikirana.

minebwenews by minebwenews
December 5, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ushinzwe itumanaho mu bihugu by’umwe bw’u Burayi, yabajijwe ikibazo kibazako boba barangiwe kuba indorererezi mu matora ateganijwe kuba muri RDC, tariki 20/12/2023, yishuyeko ayo mukuru atayazi hubwo ko ibikoresho byabo byari kubafasha mu gukurikirana amatora Guverinoma ya kinshasa yanze ko babikoresha.

You might also like

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Ibi bibaye mugihe Abakandida byamaze kugaragara ko bariguterwa amabuye abandi bakaraswa muribi bihe byo kw’iyamamaza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Nk’uko byagiye bigaragara bamwe mu bakandida bashinjwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa ko boba baratumwe n’ibihugu by’amahanga bishaka kugenzura umudendezo wa RDC . Ibi akenshi na perezida Félix Tshisekedi yagiye abivuga aho yagiye yiyamarimaza ndetse yagiye atunga n’agatoki mugenzi we MOÏSE KATUMBI CHAPWE, ko yatumwe n’u Rwanda.

Tubibutseko perezida Félix Tshisekedi, aharanira kwegukana indi manda akaba aribyo bituma ashinja bagenzi be kuba ibikoresho by’amahanga, murwego rwokugira ngo y’igaruriye imitima y’abanyekongo nimugihe abanyekongo iyo uberetse u Rwanda ko ari umwanzi wa Congo muricyogihe uba inshuti yabarya bakumva.

Perezida Félix Tshisekedi yarahiriye kuyobora Congo Kinshasa, muri manda yambere, m’ukwezi kwa Mbere(1) umwaka w’ 2019. Nyuma y’uko hari havuzwe ko mu matora habayemo uburiganya bukomeye kuri Martin Fayulu uvuga ko ariwe wariwatsinze ayo matora .

Gusa bivugwa ko n’ubundi Martin Fayulu ko ashigikiwe naza sosiyete sivile n’amatorero menshi muri aya matora ateganijwe kuya 20/12/23, nk’uko byatangajwe na CARTER yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Iki kigo cy’Abanyamerika ki kaba cyariyemeje kuza kurikirana iby’Amatora yo kuri 20/12/23, gifatanije n’indorerezi zizava mu bihugu bigize umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo ( SADC).

Bruce Bahanda.

Tags: Ibigo bikomeye byiyemeje gukurikirana Amatora azaba muri RDCTariki 20/12/2023
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka ku rwego mpuzamahanga nyuma yo...

Read moreDetails

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda Ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu gihe isi yinjira mu...

Read moreDetails

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yongeye kunenga...

Read moreDetails

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère La famille du colonel Ruhorimbere Gapanda, l’un des hauts gradés des...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za Gen Sultan Makenga ngo zirenda gufata u Mujyi wa Mushaki, nimugihe bageze mu Bilometre 5.

Comments 1

  1. nzayiramya Fidèle says:
    2 years ago

    Biteyimpungenge nukuri. Ayamatora nimana izayabamo si non hazaba ibibazo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?