• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyifatwa rya centre ya Masisi, FARDC yongeye kwivuguruza.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2025
in Regional Politics
0
Ibyifatwa rya centre ya Masisi, FARDC yongeye kwivuguruza.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyifatwa rya centre ya Masisi, FARDC yongeye kwivuguruza.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Ni mu butumwa bwatambutse ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 09/01/2025 bw’umvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho yatangaje ko “umutwe wa M23 wongeye kwigarurira centre ya Masisi.”

Hari mu kiganiro uyu muvugizi wa FARDC ku rwego rw’igihugu, Maj Gen Sylvain Ekenge yagiranye n’itangaza makuru i Kinshasa kikaba cyarananyujijwe kuri televisiyo y’igihugu ya RTNC aho yongeye gutangaza ko M23 yongeye kwisubiza zone ya Masisi.

Yagize ati: “Abarwanyi ba M23 bongeye kwisubiza zone ya Masisi. Intambara niko ihora, uyu munsi dushobora gutsindwa ariko nyuma intsinzi ikaba iyacu. Twizeye ko intsinzi izaba iyabanye-kongo. Ndabizeza ko tuzahisubiza.”

Mu ijoro ryo ku wa gatatu rishyira ku wa kane, uyu muvugizi nibwo yari yatangaje ko ingabo za FARDC zambuye umutwe wa M23 centre ya Masisi, aho yagize ati: “Ndemeza ko Ingabo za FARDC, zafashe umujyi munini wa Masisi, zagaruje kandi na Ngungu, ndetse zifata n’utundi duce duherereye hafi n’umujyi wa Sake hamwe na Bwerimana, Kimoka, Kaluba, Rutoboka na Bikataka.”

Kuruhande rwa M23 n’ubwo umuvugizi wa M23 atigeze agira icyo atangaza kuri ibi byari byatangajwe na FARDC, ariko umwe mu barwanyi b’uwo mutwe ya bwiye Minembwe.com ko tutagomba kwita kubitangazwa na Leta ya Kinshasa ngo kuko ikunze kwibeshera!

Yagize ati: “Njye ndi muri centre ya Masisi, ni twe tuhagenzura. Igitangaje nta n’intambara twahuye nayo kuva tuhafashe ku wa Gatanu w’icyumweru gishize.”

Uyu murwanyi yanavuze ko ayoboye ibatayo, ariko ko atemerewe gutanga amakuru, yashimangiye ibi agira ati: “Katanyama irabesha. Habe naho Ngungu ivuga ni twe tuhagenzura.”

Nyamara FARDC sibwo bwa mbere, itangaza ko hari uduce yambuye umutwe bahanganye mu gihe cy’imyaka itatu. Ibyo yabikoze no kuri Alimbongo, n’ahandi mu tundi duce two muri teritware ya Rutshuru mu mwaka ushize.

Kimweho, andi makuru ava i Masisi avuga ko ingabo za Congo n’abambari bazo bagerageje gutera ibirindiro bya Ngungu ku mugoroba wo ku wa gatatu, ariko ntibyabahira, hubwo bahatakariza abasirikare benshi barimo n’Abarundi aho ndetse muri abo bapguye barimo uwitwa Patience Gapara wari ufite ipeti rya Lieutenant n’abandi, nk’uko byakomeje gutangazwa ku mbugankoranyambaga z’Abarundi.

Aka gace ka Localité ya Ngungu, umutwe wa M23 umaze amezi icyenda warakigaruriye, kakaba gaherereye muri teritware ya Masisi.

Ni mu gihe centre ya Masisi yo, uwo mutwe urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi wayigaruriye mu cyumweru gishize, tariki ya 03/1/2025.

Tags: CentreFardcM23Masisi
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
M23 yakubise ahababaza ingabo za Tshisekedi na Ndayishimiye.

M23 yakubise ahababaza ingabo za Tshisekedi na Ndayishimiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?