• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yakubise ahababaza ingabo za Tshisekedi na Ndayishimiye.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2025
in Regional Politics
0
M23 yakubise ahababaza ingabo za Tshisekedi na Ndayishimiye.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yakubise ahababaza ingabo za Tshisekedi na Ndayishimiye.

You might also like

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington

Ni mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, avuga ko bambuye ibikoresho byagisirikare bikaze ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ndetse kandi ngo bazirukaho.

Ahagana mu masaha y’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatanu tariki ya 10/01/2025 ni bwo Lawrence Kanyuka yatambukije ubutumwa bwe, agaragaza ko FARDC n’abambari bayo, bahuye n’akaga gakomeye muri Localité ya Ngungu.

Ni mu gitero gikaze, ririya huriro rigizwe na FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo, FDLR na Bacanchuro bagabye mu birindiro bya M23 biherereye muri centre ya Ngungu, maze abarwanyi ba M23 birwanaho, nk’uko uyu muvugizi wayo, Lawrence Kanyuka yabitangaje.

Yagize ati: “Twabakubise kandi tubirikaho, bibaviramo guta ku rugamba intwaro zinini zabo. Bazitaye, ubu nitwe tuzifite.”

Localité ya Ngungu, umutwe wa M23 wayibohoje umwaka ushize, ahagana mu ntangiriro zawo, nyuma y’urugamba rutari rworoshye icyo gihe, kuko yari indiri ya FDLR na Wazalendo, ndetse n’ingabo z’u Burundi.

Nk’uko bigaragara mu mashusho aherekeza ubutumwa bwana Kanyuka yashize hanze, agaragaza biriya bikoresho bya gisirikare M23 yambuye ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, agaragaramo imbunda zirimo iziremereye n’izito, kandi ubona ari nyinshi nubwo nta mubare wazo watangajwe.

Muri ubu butumwa kandi bw’umuvugizi wa M23, bushimangira ko ingabo za Congo n’abazifasha bakomeje kubera ikibazo abenegihugu ba Congo, ngo kuko “batera ibisasu ahatuwe n’abaturage.”

Ati: “Turamenyesha amahanga ko ingabo za FARDC n’abambari bazo barasa ibisasu biremereye mu duce dutuwe cyane. Iki ni kibazo gikomeye ku baturage ba Congo.”

Hagataho, ku mirongo y’urugamba ruhanganishije ihuriro ry’Ingabo za RDC n’umutwe wa M23, iri huriro rikomeje guta ibirindiro byazo, cyane cyane muri teritware ya Masisi.

Amakuru agera kuri Minembwe.com avuga ko iz’i ngabo za perezida Félix Tshisekedi n’iza perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, zahunze muri utu duce zigana ahitwa Nyabyondo werekeza muri Kivu y’Amajy’epfo.

Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye Mu rwego rw’umutekano mpuzamahanga, ubutasi bwabaye imwe mu nkingi z’ingenzi zigena imbaraga z’ibihugu. Muri iki gihe isi...

Read moreDetails

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, haravugwa inkuru ikomeye ijyanye n’abimukira b’Abanya-Colombia bari ku butaka bw’iki...

Read moreDetails

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington A member of the United States Congress, , has expressed his views on the protest organized by the...

Read moreDetails

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington Un membre du Congrès des États-Unis, Joe Wilson, a exprimé son point de vue à propos de la manifestation...

Read moreDetails

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zagaragaje Icyo Zibona ku Myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zagaragaje Icyo Zibona ku Myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zagaragaje Icyo Zibona ku Myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington Mu gihe ikibazo cy’umutekano n’uburenganzira bwa muntu gikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe impamvu umupaka wa Kamanyola uhuza u Rwanda na RDC wari wafunzwe .

Havuzwe impamvu umupaka wa Kamanyola uhuza u Rwanda na RDC wari wafunzwe .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?