• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 7, 2025
in Conflict & Security
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

You might also like

Impinduka mu Magambo ya Mishiki, Abyegetse ku Rwanda

Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe

Umunyapolitiki Mishiki Yatawe muri Yombi na FARDC

Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hagabwe igitero cy’ihuriro ry’ingabo za Congo, ariko ko kitigeze kihatinda, kuko Twirwaneho yahise igisubiza inyuma rugikubita.

Ni mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, aho buvuga ko umutwe wa Twirwaneho wavugutiye umuti ingabo za FARDC n’abambari bazo bari bawugabyeho kiriya gitero.

Ubwo butumwa bugira buti: “Ingabo za Leta, igitero zagabye mu Rugezi nticyahatinze, Twirwaneho yahise igisubiza inyuma ako kanya.”

Iki gitero cyahagabwe amasaha y’igitondo cya kare cyo kuri iki cyumweru tariki ya 07/09/2025.

Kigabwa ahitwa ku w’Ihene n’i Muchikachika, aha akaba ari mu bice bigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho kuva mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka, nyuma y’aho uhirukanye Wazalendo, FDLR, Ingabo z’u Burundi, utaretse n’iza RDC.

Amakuru akomeza avuga ko Twirwaneheho mu kwirukana ruriya ruhande rwa Leta rwarirwayigabyeho iki gitero yaberekeje mu gice cya Gasiro werekeza i Milimba ahazwi nko mu ndiri ikomeye ya FDLR na Wazalendo.

Iki gitero cyaje gukurikira ikindi cyahagabwe hagati muri iki cyumweru no mu ntangiriro zacyo.

Ndetse ibindi byagiye bigabwa mu Mikenke mu bice byayo bitandukanye harimo n’ibyagabwe ku Bilalombiri. Ariko byose byagiye birangira uyu mutwe wa Twirwaneho ubisubije inyuma.

Tags: IgiteroRugezi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Impinduka mu Magambo ya Mishiki, Abyegetse ku Rwanda

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

Impinduka mu Magambo ya Mishiki, Abyegetse ku Rwanda Mu minsi mike ishize, amagambo yatangajwe n’umunyapolitiki wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Willy Mishiki, yakomeje guteza impaka...

Read moreDetails

Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe

Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe Mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutekano ukomeje kuzamba mu duce twinshi two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ibikorwa...

Read moreDetails

Umunyapolitiki Mishiki Yatawe muri Yombi na FARDC

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

Umunyapolitiki Mishiki Yatawe muri Yombi na FARDC Mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje gufata indi ntera nyuma y’itabwa muri yombi...

Read moreDetails

FARDC Yifashishije Drones mu Gutera Ibisasu mu Bice by’i Mulenge, Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
FARDC Yifashishije Drones mu Gutera Ibisasu mu Bice by’i Mulenge, Kivu y’Amajyepfo

FARDC Yifashishije Drones mu Gutera Ibisasu mu Bice by’i Mulenge, Kivu y’Amajyepfo Mu misozi miremire y’i Mulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, amakuru aturuka mu baturage yemeza ko...

Read moreDetails

RDC: Ubukana bw’Intambara mu Minembwe n’Icyuho cy’Umuryango Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
RDC: Ubukana bw’Intambara mu Minembwe n’Icyuho cy’Umuryango Mpuzamahanga

RDC: Ubukana bw’Intambara mu Minembwe n’Icyuho cy’Umuryango Mpuzamahanga Mu gihe intambara n’ibihe by’akarengane bikomeje gufata indi ntera mu bice birimo Minembwe, Rubaya, Mushaki, na Nyabiondo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails
Next Post
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n'impamvu bagakorerwa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?