• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 7, 2025
in Conflict & Security
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

You might also like

Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC

Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC

Leta y’i Kinshasa mu mvururu z’imbere mu gihugu; Abayigize barimo guterana amagambo no kudacana uwaka

Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hagabwe igitero cy’ihuriro ry’ingabo za Congo, ariko ko kitigeze kihatinda, kuko Twirwaneho yahise igisubiza inyuma rugikubita.

Ni mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, aho buvuga ko umutwe wa Twirwaneho wavugutiye umuti ingabo za FARDC n’abambari bazo bari bawugabyeho kiriya gitero.

Ubwo butumwa bugira buti: “Ingabo za Leta, igitero zagabye mu Rugezi nticyahatinze, Twirwaneho yahise igisubiza inyuma ako kanya.”

Iki gitero cyahagabwe amasaha y’igitondo cya kare cyo kuri iki cyumweru tariki ya 07/09/2025.

Kigabwa ahitwa ku w’Ihene n’i Muchikachika, aha akaba ari mu bice bigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho kuva mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka, nyuma y’aho uhirukanye Wazalendo, FDLR, Ingabo z’u Burundi, utaretse n’iza RDC.

Amakuru akomeza avuga ko Twirwaneheho mu kwirukana ruriya ruhande rwa Leta rwarirwayigabyeho iki gitero yaberekeje mu gice cya Gasiro werekeza i Milimba ahazwi nko mu ndiri ikomeye ya FDLR na Wazalendo.

Iki gitero cyaje gukurikira ikindi cyahagabwe hagati muri iki cyumweru no mu ntangiriro zacyo.

Ndetse ibindi byagiye bigabwa mu Mikenke mu bice byayo bitandukanye harimo n’ibyagabwe ku Bilalombiri. Ariko byose byagiye birangira uyu mutwe wa Twirwaneho ubisubije inyuma.

Tags: IgiteroRugezi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC

Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) ikomeje guhangana n’ibibazo bitandukanye birimo umutekano muke mu Burasirazuba bwayo n’ihungabana...

Read moreDetails

Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC

Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC Mu Mujyi wa Baraka, uherereye muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hakomeje...

Read moreDetails

Leta y’i Kinshasa mu mvururu z’imbere mu gihugu; Abayigize barimo guterana amagambo no kudacana uwaka

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Les opposants politiques au pouvoir de Kinshasa s’unissent pour critiquer Tshisekedi et réclament des réformes fondées sur l’intérêt général

Leta y’i Kinshasa mu mvururu z’imbere mu gihugu; Abayigize barimo guterana amagambo no kudacana uwaka Ku wa Gatatu, tariki ya 29/04/2026, Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Ingabo z’ikindi gihugu zambuye FARDC agace k’ingenzi mu Ntara ya Tanganyika

by Bahanda Bruce
April 29, 2026
0
Ingabo z’ikindi gihugu zambuye FARDC agace k’ingenzi mu Ntara ya Tanganyika

Ingabo z’ikindi gihugu zambuye FARDC agace k’ingenzi mu Ntara ya Tanganyika Mu gihe umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kuzamba, amakuru aturuka mu...

Read moreDetails

Raporo y’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC Ishyira ku Karubanda Intege Nke za FARDC n’Ibibazo Bikomeye bya Wazalendo

by Bahanda Bruce
April 29, 2026
0
Raporo y’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC Ishyira ku Karubanda Intege Nke za FARDC n’Ibibazo Bikomeye bya Wazalendo

Raporo y’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC Ishyira ku Karubanda Intege Nke za FARDC n’Ibibazo Bikomeye bya Wazalendo Raporo y’ubusesenguzi yakozwe n’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n'impamvu bagakorerwa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?