• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku migambi iri gucurwa na Justin Bitakwira afatikanije n’abamwe mu bategetsi b’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
August 28, 2024
in Regional Politics
1
Ibyo wa menya ku migambi iri gucurwa na Justin Bitakwira afatikanije n’abamwe mu bategetsi b’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku migambi iri gucurwa na Justin Bitakwira afatikanije n’abamwe mu bategetsi b’u Burundi.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Bikubiye mu makuru y’ibanga ava mu butasi bw’igisirikare cy’u Burundi, avuga ko mu byumweru bibiri bishize habaye umubonano wahuje depite Justin Bitakwira na Col Ildephonse Habarurema wo mu ngabo z’u Burundi, aho baganiriye ku gushora intambara ku bwoko bw’Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange baturiye u Burasirazuba bwa RDC.

Amakuru yizewe dukesha amasoko yacu atandukanye, yerekana ko umuyobozi w’urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cy’u Burundi, Col Ildephonse Habarurema yagiranye inama rwihishwa n’intumwa za leta ya Kinshasa zirimo bwana Justin Bitakwira, bivugwa ko yari yatumwe na perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibi biganiro kandi byitabiriwe na barimo abayobozi bo hejuru bo mu mitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo izwiho kuba abafatanyabikorwa n’Ingabo za FARDC mu rugamba zihanganyemo n’umutwe wa M23. Barimo uwitwa Jules Mulumba umuvugizi wa Nyatura (CMC) na Justin Ndayishimiye umuhuzabikorwa mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR.

Nk’uko aya makuru abivuga, n’uko ibi biganiro byibanze ku nzira yakoreshwa kugira ngo Wazalendo bo muri RDC n’Imbonerakure zo mu Burundi; bakangurire abaturage b’ibihugu byombi ku ntambara iri gutegurwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, izahuza Bantu na Nilotique, hagamijwe gushaka abayoboke no guteza imbere ingangabitekerezo y’ubutegetsi bw’Abahutu. Ubutegetsi bwa Kinshasa na Gitega.

Ibi biganiro bikaba byarayobowe na Col Ildephonse Habarurema n’abandi bayobozi bakuru bo mu ngabo z’u Burundi, mu gihe Justin Bitakwira usanzwe ari umudepite ku rwego rw’igihugu muri RDC, yari ayoboye intumwa zaje ziva muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu mugabo Justin Bitakwira azwiho gukoresha imvugo zibiba amacakubiri, aho akunze kwita Abatutsi bo muri RDC ubwoko bubi, ubundi akavuga ko ari ubwoko bw’inzoka. Ibi yagiye abivuga kenshi mu biganiro bitandukanye yagiye akorera Uvira, Baraka n’ahandi.

Col Ildephonse Habarurema nawe ni umuyobozi ukuriye urwego rw’ubutasi mu gisirikare cy’u Burundi, nawe akaba azwiho kwanga cyane Abatutsi bo muri iki gihugu cy’u Burundi.

Byari bisanzwe bizwi ko RDC ishinja umutwe wa M23 kuba uyu mutwe uterwa inkunga n’igihugu cy’u Rwanda, ibyo u Rwanda rwabakanye inshuro nyinshi hubwo rugashinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda. U Burundi bwo bushinja Kigali gufasha umutwe wa Red Tabara, ndetse no kubaha icumbi, ariko u Rwanda rurabihakana, narwo rugashinja u Burundi gukorana na FDLR.

Imyaka igiye kuba itatu u Burundi ari umufatanya bikorwa wa bugufi wa RDC ahanini byagaragaye muri iyi mirwano imaze igihe ihanganishije ingabo za RDC n’umutwe wa M23.

U Burundi bukaba bufite ingabo muri Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajy’epfo.

              MCN.
Tags: Col Ildephonse HabaruremaIbyo wa menyaImigambiJustin Bitakwira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe igihano gikakaye cyahanishijwe abasirikare ba FARDC baherukaga kwica abamotari i Goma.

Hatangajwe igihano gikakaye cyahanishijwe abasirikare ba FARDC baherukaga kwica abamotari i Goma.

Comments 1

  1. Bonavantire says:
    1 year ago

    Ariko habuze intwarinica umutwe wa Bitakwira?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?