• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kuri FDLR nyinshi zagaragaye ku misozi yo mu Rurambo.

minebwenews by minebwenews
October 29, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kuri FDLR nyinshi zagaragaye ku misozi yo mu Rurambo.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kuri FDLR nyinshi zagaragaye ku misozi yo mu Rurambo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, FDLR, babarirwa mu magana bageze ku misozi yo muri Rurambo, ho muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Amasoko yacu atandukanye dukesha iy’inkuru avuga ko aba barwanyi bakigera mu Rurambo bahitiye ahitwa mu Gitoga nyuma yokwakirwa na Gumino ya Nyamusaraba na Maï Maï iyobowe n’uwitwa Rushaba.

Ku ruhande rwa Gumino zakiriwe na Fureko wiyita Col mu gihe ku ruhande rwa Maï Maï zakiriwe na Rusheba wihaye ipeti rya General Major.

Kandi mbere yuko aba barwanyi ba FDLR bajanwe mu Gitoga babanje guhitizwa mu Masango mu gace gatuwe n’Abapfurelo nyuma babona kujanwa mu Gitoga ahazwi nk’ibirindiro bikuru bya Gumino na Maï Maï.

Hari amakuru avuga ko aba barwanyi baje baturutse mu mashyamba yo muri teritware ya Mwenga. Abavuga ibi nibo bemeza ko “aba barwanyi ko bo ba baraje gutegura umushinga wo gutera u Rwanda.”
Ku rundi ruhande, andi makuru akavuga ko aba barwanyi bageze muri ibi bice bahunze intambara ikomeje kubica bigacika muri Walikale hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa. Abavuga ibi bakemeza ko aba barwanyi baje baturutse mu mashyamba yo muri Walikale.

Minembwe.com yanamenya neza ko aba barwanyi baje barikumwe n’abana n’abagore babo, kandi bikoreye n’ibikoresho byinshi bya gisirikare, ahanini amasasu n’imbunda.

Ubutumwa bwanditse twahawe n’umuturage uturiye ibyo bice, bugira buti: “Naho FDLR iri mu Gitoga, usibye ko ntabirebire tubiziho. Yajijishije izana abagore n’abana, ariko icyo tuzi yazanwe na Maï Maï ndetse na Gumino. Uyu mugambi kandi urimo ingabo za FARDC zikorera muri Moyen-Plateau.”

Ubu butumwa bukomeza bugira buti: “Bafite kwerekeza hano i wacu i Gahororo, nawe urabyumva ko birimo amacyenga, ariko muhumure Imana irahari.”

Mu busanzwe umushinga wa FDLR wo gutera u Rwanda umaze igihe kirekire, kuri ubu na Leta ya perezida Félix Tshisekedi yawinjiyemo, ndetse hari n’abavuga ko Tshisekedi yamaze kuwugira uwe afatanyije na Leta y’u Burundi.

Tags: FDLRGuminoMaï MaïRurambo
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
U Bushinwa bwagaragaje ko bushaka gutera Taiwani.

U Bushinwa bwagaragaje ko bushaka gutera Taiwani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?