• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wamenya ku biganiro byo mu ibanga bibera i Doha muri Qatar hagati ya RDC na AFC/M23.

minebwenews by minebwenews
April 19, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 yaburiye FARDC n’abambari bayo ku bitero ikomeje kugaba mu Minembwe n’i Walikale.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya ku biganiro byo mu ibanga bibera i Doha muri Qatar hagati ya RDC na AFC/M23.

You might also like

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Hamenyekanye ko i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro biziguye hagati y’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’iradio mpuzamahanga ya RFI, aho yatangaje ko hashyize iminsi ine haba ibiganiro biziguye bya RDC na AFC/M23. Kandi ko bibera i Doha muri Qatar.

Ni mu gihe iyi radio mpuzamahanga y’Abafaransa yagaragaje ko ibyo biganiro izi mpande zombi zibikora zinyujije ubutumwa bwazo ku muhuza, Emir Sheikh Termin Bin.

Iyi radio yanatangaje ko nubwo hashyize iminsi hari ukudahuza ku mpande zombi, ariko ko hari intambwe nini imaze guterwa ngo kuko hari ibyo impande zombi zemeranyijeho.

Ndetse igaragaza ko muri iki gihe hari gutegurwa inyandiko ihuriweho n’impande zombi, gusa bikaba bitazwi niba izashyirwa ahabona cyangwa niba izitwa “amasezerano yo guhagarika imirwano.”

Ibi biganiro hagati ya RDC na AFC/M23, bizwi ko byatangiye nyuma y’aho M23 ifashe umujyi wa Goma n’uwa Bukavu mu Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Perezida Felix Tshisekedi yari yararahiye ko atazaganira n’uyu mutwe wa M23, ariko yaje kuva ku izima nyuma y’aho Emir wa Qatar Sheikh Termin Bin, ahuje perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we w’u Rwanda tariki ya 18/03/2025.

Mu busanzwe, AFC/M23 yifuza ko amakimbirane ifitanye n’ubutegetsi bwa RDC adahuzwa n’ayo iki gihugu gifitanye n’u Rwanda; Leta y’i Kinshasa si ko yo ibibona, kuko ishinja iri huriro rya AFC kuba igikoresho cy’u Rwanda.

RDC yasabye ko mu ngamba zirema icyizere hakwiye kubamo ko AFC/M23 iva mu bice yafashe, ariko iri huriro ryagaragaje ko ibyo bidashoboka ko ryabivamo byose, riva gusa mu mujyi wa Walikale.

Iri huriro rya AFC/M23 naryo risaba Leta y’i Kinshasa gukuraho igihano cy’urupfu abayobozi bayo, gufungura abanyamuryango bayo bafungiwe i Kinshasa, ingabo z’u muryango wa SADC ziri muri Kivu y’Amajyaruguru na zo zigataha ariko ibi byose ntibirakorwa.

Tags: AFC/m23ibiganiroQatarRdc
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kugaragaza ko atazihanganira abayobozi batita ku...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yongeye kwibutsa umuryango mpuzamahanga inshingano ufite zo gukumira ibyaha ndengakamere, ashimangira...

Read moreDetails

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga Inkuru iteye agahinda yagaragaye mu karere k’inyanja y’Abahinde, aho abantu bakomoka mu bihugu bya Afurika yo hagati...

Read moreDetails

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala Abatwara ibinyabiziga mu gace ka Nateete, kari muri Diviziyo ya Rubaga mu Mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda, bahuye n’akazi...

Read moreDetails

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili Umunyamulenge, Rugoboza David Muvandimwe, uri mu buhungiro mu gihugu cya Kenya, yageneye ubutumwa bukomeye Umunyamabanga...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa ibintu byatangiye guhindura isura, nyuma y’aho Kabila ageze i Goma.

Hatangajwe ikigiye gukurikiraho nyuma y'aho Kabila agereye i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?