• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wamenya ku biganiro byo mu ibanga bibera i Doha muri Qatar hagati ya RDC na AFC/M23.

minebwenews by minebwenews
April 19, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 yaburiye FARDC n’abambari bayo ku bitero ikomeje kugaba mu Minembwe n’i Walikale.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya ku biganiro byo mu ibanga bibera i Doha muri Qatar hagati ya RDC na AFC/M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Hamenyekanye ko i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro biziguye hagati y’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’iradio mpuzamahanga ya RFI, aho yatangaje ko hashyize iminsi ine haba ibiganiro biziguye bya RDC na AFC/M23. Kandi ko bibera i Doha muri Qatar.

Ni mu gihe iyi radio mpuzamahanga y’Abafaransa yagaragaje ko ibyo biganiro izi mpande zombi zibikora zinyujije ubutumwa bwazo ku muhuza, Emir Sheikh Termin Bin.

Iyi radio yanatangaje ko nubwo hashyize iminsi hari ukudahuza ku mpande zombi, ariko ko hari intambwe nini imaze guterwa ngo kuko hari ibyo impande zombi zemeranyijeho.

Ndetse igaragaza ko muri iki gihe hari gutegurwa inyandiko ihuriweho n’impande zombi, gusa bikaba bitazwi niba izashyirwa ahabona cyangwa niba izitwa “amasezerano yo guhagarika imirwano.”

Ibi biganiro hagati ya RDC na AFC/M23, bizwi ko byatangiye nyuma y’aho M23 ifashe umujyi wa Goma n’uwa Bukavu mu Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Perezida Felix Tshisekedi yari yararahiye ko atazaganira n’uyu mutwe wa M23, ariko yaje kuva ku izima nyuma y’aho Emir wa Qatar Sheikh Termin Bin, ahuje perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we w’u Rwanda tariki ya 18/03/2025.

Mu busanzwe, AFC/M23 yifuza ko amakimbirane ifitanye n’ubutegetsi bwa RDC adahuzwa n’ayo iki gihugu gifitanye n’u Rwanda; Leta y’i Kinshasa si ko yo ibibona, kuko ishinja iri huriro rya AFC kuba igikoresho cy’u Rwanda.

RDC yasabye ko mu ngamba zirema icyizere hakwiye kubamo ko AFC/M23 iva mu bice yafashe, ariko iri huriro ryagaragaje ko ibyo bidashoboka ko ryabivamo byose, riva gusa mu mujyi wa Walikale.

Iri huriro rya AFC/M23 naryo risaba Leta y’i Kinshasa gukuraho igihano cy’urupfu abayobozi bayo, gufungura abanyamuryango bayo bafungiwe i Kinshasa, ingabo z’u muryango wa SADC ziri muri Kivu y’Amajyaruguru na zo zigataha ariko ibi byose ntibirakorwa.

Tags: AFC/m23ibiganiroQatarRdc
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa ibintu byatangiye guhindura isura, nyuma y’aho Kabila ageze i Goma.

Hatangajwe ikigiye gukurikiraho nyuma y'aho Kabila agereye i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?