• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba cyasenye n’ibirimo n’amatorero y’Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
March 10, 2025
in Regional Politics
0
Iby’i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba  cyasenye n’ibirimo n’amatorero y’Abanyamulenge.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba cyasenye n’ibirimo n’amatorero y’Abanyamulenge.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(Fardc), yagabye igitero gikaze mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, gisenya ibikorwa remezo by’Abanyamulenge bahatuye, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Igihe c’isaha ya saa tanu z’igitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 10/03/2025, ni bwo indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yatangiye gutera ibisasu mu duce dutuwe n’Abanyamulenge mu Minembwe.

Bivugwa ko yateye ibisasu birenga bitanu, aho yabiteye ku kibuga cy’indege cya Minembwe giherereye mu gice cya Kiziba, ibindi ibitera haruguru y’iki kibuga cy’indege ahari umuhana utuwe n’Abanyamulenge, ndetse bisenya n’itorero rya Methodist Libre riyobowe na Surtandant Bitebetebe Rusingizwa.

Ni mu gihe ibindi nabyo yabiteye ku ishuri rya kaminuza rya UEMI naryo riri aha ku Kiziba, bikaba byangije cyane inyubako ziri shuri.

Nk’uko aya makuru abivuga mbere yuko iriya ndege ya Sukhoi-25 itera biriya bisasu, habanje kuza drone, izenguruka iki gice cyose cya Minembwe, kandi ngo igenda iri gufotora.

Nyuma nibwo haje kuza iriya yateye ibisasu; mu mashusho yagiye hanze agaragaza iki kibuga cyahindanye, aho ubona ahacitse imikuku ahandi ibitaka byirunze, bigaragaza ko cyangirijwe n’ibyo bisasu.

Umwe mu Banyamulenge uherereye muri ibyo bice ya bwiye Minembwe Capital News ko iyi ndege yoherejwe na Lt.Gen.Pacifique Masunzu, kandi ko yabikoze kubera ko aha’rejo indege yajanye inkomeri i Bukavu izivanye aha mu Minembwe.

Yagize ati: “Iyi ndege yoherejwe n’umunyeshyari Gen.Masunzu. Arashaka Kwangiza ikibuga cy’indege cya Minembwe. Kubera ko inkomeri zajanwe i Bukavu zivuye aha mu Minembwe.”
Iki gice cyose cya Minembwe kigenzurwa na Twirwaneho iyo Masunzu abona nk’umwanzi wayo ukomeye cyane.

Yatubwiye kandi ko n’urusengero rwa Methodist Libre rwangijwe cyane.

Ati: “Urusengero rwaha ku Kiziba rwa Methodist Libre rwangiritse bishoboka.”

Iyi nkuru isoza ivuga ko iyi ndege yaturutse i Kisangani ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu, y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, iyobowe na Lieutenant General Pacifique Masunzu.

Tubibutsa kandi ko ubushize drone y’ingabo za Fardc yateye ibisasu i Gakangala, byica General Rukunda Michel Makanika, nayo byavuzwe ko yabiteye iturutse i Kisangani, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bwa Twirwaneho mu itangazo bwashyize hanze icyo gihe.

Tags: IgiteroMasunzuMinembwe
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.

M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?