• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 15, 2025
in Regional Politics
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

You might also like

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by’i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’igihugu.

Intumwa za RDC n’iz’u mutwe wa M23 aha’rejo ku wa kabiri tariki ya 14/10/2025, ni bwo zemeranyije gushyiraho urwego rwo kugenzura ihagarikwa ry’imirwano ihanganishije impande zombi muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Bemeranyije ko urwo rwego ruzaba rugizwe n’umubare ungana w’abahagarariye Leta y’i Kinshasa n’uy’u mutwe wa M23 ndetse kandi n’indorerezi zo mu muryango wa Afrika yunze ubumwe, Leta ya Qatar, Amerika n’umuryango wa karere k’ibiyaga bigari.

Byari byarasabwe ko Ingabo z’u muryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwa mahoro muri RDC ari zo zizagenzura iyubahirizwa ry’agahenge, ariko M23 yarabyanze, igaragaza ko zibogamye kuko zigeze kuyirwanya zifatanyije n’iza RDC hamwe n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ndetse na FDLR.

M23 na RDC byemeranyije ko bizajya biha inzira abagize uru rwego kugira ngo basuzume cyangwa bakore iperereza ku birego byo kurenga ku gahenge, kandi ko buri cyumweru ruzajya rukora raporo ku ntambwe iri guterwa cyangwa se imbogamizi zizagaragara.

Rero inama ya mbere y’uru rwego ikazaba bitarenze iminsi irindwi uherereye ku munsi ruzashyirwaho, izaba igamije gutegura ibizakurikizwaho.

Kubera iyo ntambwe yatewe, byatumye umujyanama wa perezida wa Amerika Donald Trump kuri Afrika, Massad Boulos, ashima ibyagezweho, avuga ko ari intambwe nziza kandi ikomeye igana ku masezerano y’amahoro no guhyira mu bikorwa ayasinyiwe i Washington DC hagati y’u Rwanda na RDC mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

Yavuze kandi ko ruriya rwego ruzagenzura iyubahirizwa ry’ibyo impande zombi zemeranyije binyuze mu iperereza no kugenzura ibirego by’ihohoterwa iryo ari ryo ryose, bityo bikazongera icyizere hagati y’impande zombi, ndetse rugabanye umwuka mubi uri mu bice bikomeje kugira umutekano muke.

Yanashimiye Leta ya Qatar ku bw’umusanzu ikomeje gutanga mu biganiro bya RDC na M23, anashimangira ko igihugu cye cyiteguye ishyirwa mu bikorwa ryabyo ryuzuye kugira ngo amahoro arambye aboneke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: AmerikaM23Rdc
Share31Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

Umutwe ufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP, wahinduye intwaro ucakirana na yo karahava

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?