• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2025
in Conflict & Security
0
Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

You might also like

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y’Epfo.

Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n’Ingabo z’u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa.

Nyuma y’aho abari mu Rugezi babwiwe ko bari butegwe n’ihuriro ry’Ingabo za Congo mu ijoro ryaraye rikeye, ndetse kandi barangiza n’amakombe y’umuriro mu bice biturukamo uriya mwanzi wabo, bahise babatayari kwirwanaho, nk’uko amakuru abivuga.

Bikubiye mu butumwa twahawe kuri Minembwe Capital News, ubwo abari mu Rugezi baduhaye, bagize bati: “Twararanye amakuru ko turi butegwe na Mai Mai hamwe n’ingabo za Congo.”

Ubutumwa bw’aba banyarugezi bukomeza buti: “Ku mugoroba twarangije n’ahantu bakomeje amakombe. Amakombe yari hakurya yo kwa Sabune.”

Ahavugwa ko hari hakomejwe amakombe ni ku musozi witwa uw’ihene, aha hakaba hakunze kubera n’ihangana rikomeye hagati y’uruhande rwa Leta n’uy’u mutwe wa Twirwaneho ufatanyije n’uwa M23.

Ibyariya makombe, byatumye abaturiye ibyo bice bagira ubwoba, ndetse kandi n’abarwanyi ba Twirwaneho barara bari tayari kwivuna Umwanzi ( stand by).

Ati: “Ku ruhande rw’abaturage bararanye ubwoba, ariko ku ruhande rwa Twirwaneho na M23 baraye bari stand by.”

Usibye kuba barabonye amakombe, ni misozi yarimo ishya mu ruhande ruherereyemo Ingabo za Congo, ariko imbere ugana i Lulenge rw’epfo.

Intambara muri aka gace yaherukaga mu ntangiriro zakiriya cyumweru gishize, aho uru ruhande rwa Leta rwagabye ibitero i Muchikachika, ku w’ihene no kuri Nyagisozi.

Ni bitero byarangiye Twirwaneho na M23 babisubije inyuma.

Izi ngabo za Leta ya Congo zigaba ibitero mu rwego rwo kugira ngo rwisubize uduce Twirwaneho yabambuye twaha mu Rugezi no mu nkengero zayo.

Ibi bitero babigaba baturutse za Gasiro, Kabanju no mu Matanganika.

Ku rundi ruhande i Mulenge babyutse neza, haba mu Minembwe centre, na Mikenke ndetse n’ahandi.

Tags: AmakombeIcyikangoRugezi
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba. Daniel Paluku Kisaka wahoze ari minisitiri w'ubuhinzi n'ubworozi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe...

Read moreDetails

Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y’Epfo.

Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y'Epfo. Constant Mutamba wabaye minisitiri w'ubutabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yavuze ko ari nka Nelson...

Read moreDetails

Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n’Ingabo z’u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa.

by Bruce Bahanda
August 13, 2025
0
Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n’Ingabo z’u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa.

Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n'Ingabo z'u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa. Rumenge Rugeyo umwe m'urubyiruko rw'Abanyamulenge, yasabye amahanga kureka guhugira ku ntambara ibera muri Gaza...

Read moreDetails

Byakaze FARDC n’abambari bayo bagiye kwigizwa kure.

by Bruce Bahanda
August 12, 2025
0
Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

Byakaze FARDC n'abambari bayo bagiye kwigizwa kure. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryarahiriye kwigiza kure ingabo za FARDC iz'u...

Read moreDetails

Mu Bibogobogo bararanye amakuru mabi y’ibitero.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y’Epfo.

Mu Bibogobogo bararanye amakuru mabi y'ibitero. Mu gace ka Bibogobogo gaherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, Abanyamulenge bagatuyemo babwiwe ko bari bugabweho ibitero mu...

Read moreDetails
Next Post
Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

Afrika y'Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y'ijisho ry'Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?