• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

minebwenews by minebwenews
June 17, 2025
in Conflict & Security
0
Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

You might also like

MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara

Menya Uduce Twabereyemo Imirwano ku Munsi W’ejo mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira

Nibongera Kudutera, Tuzasubira i Uvira” – Dr. Balinda wa AFC/M23

Nyuma y’aho abari mu Rugezi babwiwe ko bari butegwe n’ihuriro ry’Ingabo za Congo mu ijoro ryaraye rikeye, ndetse kandi barangiza n’amakombe y’umuriro mu bice biturukamo uriya mwanzi wabo, bahise babatayari kwirwanaho, nk’uko amakuru abivuga.

Bikubiye mu butumwa twahawe kuri Minembwe Capital News, ubwo abari mu Rugezi baduhaye, bagize bati: “Twararanye amakuru ko turi butegwe na Mai Mai hamwe n’ingabo za Congo.”

Ubutumwa bw’aba banyarugezi bukomeza buti: “Ku mugoroba twarangije n’ahantu bakomeje amakombe. Amakombe yari hakurya yo kwa Sabune.”

Ahavugwa ko hari hakomejwe amakombe ni ku musozi witwa uw’ihene, aha hakaba hakunze kubera n’ihangana rikomeye hagati y’uruhande rwa Leta n’uy’u mutwe wa Twirwaneho ufatanyije n’uwa M23.

Ibyariya makombe, byatumye abaturiye ibyo bice bagira ubwoba, ndetse kandi n’abarwanyi ba Twirwaneho barara bari tayari kwivuna Umwanzi ( stand by).

Ati: “Ku ruhande rw’abaturage bararanye ubwoba, ariko ku ruhande rwa Twirwaneho na M23 baraye bari stand by.”

Usibye kuba barabonye amakombe, ni misozi yarimo ishya mu ruhande ruherereyemo Ingabo za Congo, ariko imbere ugana i Lulenge rw’epfo.

Intambara muri aka gace yaherukaga mu ntangiriro zakiriya cyumweru gishize, aho uru ruhande rwa Leta rwagabye ibitero i Muchikachika, ku w’ihene no kuri Nyagisozi.

Ni bitero byarangiye Twirwaneho na M23 babisubije inyuma.

Izi ngabo za Leta ya Congo zigaba ibitero mu rwego rwo kugira ngo rwisubize uduce Twirwaneho yabambuye twaha mu Rugezi no mu nkengero zayo.

Ibi bitero babigaba baturutse za Gasiro, Kabanju no mu Matanganika.

Ku rundi ruhande i Mulenge babyutse neza, haba mu Minembwe centre, na Mikenke ndetse n’ahandi.

Tags: AmakombeIcyikangoRugezi
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara

MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara Amakuru yizewe aturuka muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko umutwe wa MRDP-Twirwaneho wigaruriye Centre ya Kirumbi, iherereye...

Read moreDetails

Menya Uduce Twabereyemo Imirwano ku Munsi W’ejo mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Menya Uduce Twabereyemo Imirwano ku Munsi W’ejo mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira

Menya Uduce Twabereyemo Imirwano ku Munsi W’ejo mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira Ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, mu nkengero z’Umujyi wa Uvira, humvikanye imirwano ikaze yahuje Ingabo...

Read moreDetails

Nibongera Kudutera, Tuzasubira i Uvira” – Dr. Balinda wa AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Nibongera Kudutera, Tuzasubira i Uvira” – Dr. Balinda wa AFC/M23

“Nibongera Kudutera, Tuzasubira i Uvira” – Dr. Balinda wa AFC/M23 Umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) watangaje ko witeguye kongera gufata Umujyi wa Uvira mu gihe ihuriro ry’ingabo...

Read moreDetails

FARDC Yatangiye Kwikura mu Bice Bikomeye, muri Teritwari ya Fizi

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
FARDC, FDLR na Wazalendo biyongereye ku bwinshi i Runingu mu gihe amahanga asaba ibiganiro by’amahoro

FARDC Yatangiye Kwikura mu Bice Bikomeye, muri Teritwari ya Fizi Amakuru aturuka mu bice bitandukanye bya teritwari ya Fizi aravuga ko umutekano w’aka gace uri mu kaga gakomeye,...

Read moreDetails

Ibyo Amakuru Agaragaza ku Mirwano Ikomeje mu Bice bya Mutambara

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ibyo Amakuru Agaragaza ku Mirwano Ikomeje mu Bice bya Mutambara

Ibyo Amakuru Agaragaza ku Mirwano Ikomeje mu Bice bya Mutambara Amakuru yizewe aturuka muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

Afrika y'Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y'ijisho ry'Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?