• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

minebwenews by minebwenews
July 18, 2025
in Regional Politics
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yateye ikibazo uwashyize u Rwanda na Congo ku rwego rumwe mu biganiro biri kubera i Doha muri Qatar bihuza AFC/M23 na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hari nyuma y’aho umunyamakuru Christophe Rigaud usanzwe akorera ikinyamakuru cya Afrikarabia, ufite icyicaro muri RDC, mu butumwa bwe yari yanyujije kurubuga rwe rwa x, yavuze ko ibiganiro by’i Doha, ba minisitiri b’u mutekano uw’u Rwanda n’uwa Congo babyitabiriye nk’i “ndorerezi.”

Yagize ati: “RDC n’u Rwanda, mu gihe hakomeje ibiganiro hagati ya M23 na Congo, minisitiri w’umutekano wa Qatar yahuye mu bihe bitandukanye na bagenzi be uwa RDC Jacquemain Shabani, n’uw’u Rwanda Vincent Biruta, bombi bakaba ari indorerezi muri ibi biganiro.”

Aha ni ho rero minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yahise amubaza ikibazo akoresheje x, agira ati: “Kuva ryari guverinoma ya Congo ari indorerezi muri ibi biganiro biri kubera i Doha?”

Gusa aba baminisitiri b’umutekano w’imbere mu gihugu, Vincent Biruta w’u Rwanda na Jaquemin Shabani, bakiriwe na mugenzi wabo wa Qatar, Sheikh Mohammed, nk’uko minisiteri y’umutekano muri Qatar yabitangaje.

Icyumweru gishize hagati muri cyo, ni bwo aba baminisitiri bageze i Doha mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu Burasizuba bwa Congo kubuhuza bwa Qatar.

Hagataho, minisitiri w’umutekano w’u Rwanda n’uwa RDC bitabiriye ibi biganiro batagiye kubigiramo uruhare, ahubwo ba bitumiwemo n’abahagarariye guverinoma z’ibihugu biherutse gushyira umukono ku masezerano y’amahoro ajyanye n’ibi biganiro by’i Doha.

Kugeza ubu ibiganiro bihuza impande zishyamiranye biracyarimo, ariko ibyifuzo bya buri ruhande bikomeza kongerera ukutumvikana.

AFC/M23 isaba kuyobora intara za Kivu zombi mu gihe cy’imyaka umunani.

Ni mu gihe Kinshasa na yo ifata ibi biganiro nk’ibizayihesha kongera kwigarurira ibice yambuwe birimo umujyi wa Goma n’uwa Bukavu.

Ubundi kandi ikagaragaza ko mu gihe AFC/M23 yahabwa kuyobora intara za Kivu zombi, bisa no kuzuza umugambi ukunze kuvugwa cyane muri RDC wo gucagaguramo igihugu ibice.

Nyamara nubwo ibi biganiro birimo kuba, kandi impande zombi zikaba zarumvikanye guhagarika imirwano, ariko ntibibuza ko ingabo za FARDC n’iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR mubufatanye bwazo, zikora ibitero mu duce dutandukanye.

Kuko n’ahar’ejo zagabye ibitero ku Banyamulenge batuye mu Rurambo. Ibitero byakomeje no muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Izi ngabo zagabye ibi bitero ziturutse mu Masango no mu Rudefu mu bice bigenzurwa n’u ruhande rwa Leta.

Tags: AFC/m23I DohaibiganiroRdcRwanda
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi ku ngabo za  FARDC, FDLR na Wazalendo zoherejwe mu duce du tatu two mu misozi ya Rurambo.

Hamenyekane uduce ingabo z'u Burundi zoherejwemo kugira ngo zikore ibitero simusiga kuri AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?