• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2025
in Regional Politics
0
Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko akarere k’ibiyaga bigari gatangiye amateka mashya y’ubumwe, ubufatanye n’iterambere, ibi yabitangaje nyuma y’aho hasinywa amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa.

Ni amasezerano yashyizweho umukono n’impande arebwa na yo u Rwanda na Congo ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 27/06/2025.

Zimwe mu ngingo zigize aya masezerano u Rwanda na Congo byasinyanye, ni ugushyiraho iherezo ryanyuma amakimbirane yaragize igihe azonze ibi bihugu byombi bivuye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Congo.

Ubufatanye mu by’ubukungu harimo no kubaha ubusugire bwa buri gihugu no kwirinda ibibatanya.

Nyuma y’aho aya masezerano ashyizweho umukono, perezida Trump yahise yakira mu biro bye ba minisitiri b’ubanye n’amahanga bibi bihugu byombi byagiranye ariya masezerano, maze atangaza ati: “Intambara yar’imaze imyaka 30 mu karere k’ibiyaga bigari, uyu munsi igeze ku iherezo, kandi n’akarere kose gatangiye ubuzima bushya.”

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda wasinye kuruhande rw’iki gihugu cye, na we yavuze ko impande zombi zasinye amasezerano y’amahoro, kandi ko kugira ngo icyo gikorwa kigerweho byaturutse ku muhate wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, anayisaba gukomeza kubishyiramo intege kugira ngo ibyumvikanyweho bigere ku ntego yanyayo.

Byatumye kandi Perezida Trump yongera kuvuga ibyo amaze gukora, ahamya ko ari we wagize uruhare ubu vuba kugira ngo intambara y’u Buhinde na Pakistan ibashye guhagarara, ndetse kandi ngo na Iran na Israel ngo none kandi hiyongereye u Rwanda na RDC.

Tags: AmasezeranoAmatekaRdcRwandaTrump
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n’isoni.

RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n'isoni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?