• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 25, 2025
in Regional Politics
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Abasirikare b’u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru nyuma y’uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni amakuru yashyizwe hanze ku wa gatanu tariki ya 24/10/2025, na Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga.

Yavuze ko mbere y’uko aba basirikare bahanishwa kuzenguruka u Burundi n’amaguru bagiye iyo umugaba mukuru w’Ingabo z’iki gihugu cyabo, Prime Niyongabo yagiriye uruzinduko mu ntara ya Murambya, aho yendaga kugirana ikiganiro n’abasirikare, nubwo aya makuru aganaragaza ko cyaje gusubikwa.

Abamusanzeyo kumwishyuza amafaranga yabo, niko guhita abahanisha kuzenguruka u Burundi bwose n’amaguru, nk’uko Pacifique Nininahazwe yabisobanuye.

N’igihano batangiye ku manywa yo ku wa kabiri tariki ya 21/10/2025.
Kuko umugoroba wo ku wa gatatu, bari bageze mu ntara ya Ruyigi, ndetse ko urugendo rwabo rugikomeje.

Usibye kuba bishyuza umushahara barwaniye muri RDC, baranishyuza kandi n’uwo bimwe ubwo bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia bw’u muryango wa Afrika Yunze ubumwe.

Kuva hagati mu mwaka wa 2022 u Burundi bufite abasirikare babwo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho babanjirije muri Kivu y’Amajyepfo bavuga ko bagiye guhiga umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’i ki gihugu cy’u Burundi, bikarangira batawurwanyije, ahubwo bihinduka kurwanya Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange bafatikanyije na FDLR, Mai Mai n’imbonerakure ndetse n’igisirikare cya RDC.

Abanyamulenge benshi barimo n’abazwi muri politiki y’igihugu cyabo cya RDC, bakomeje kuzamagana, ndetse no mu kiganiro Moïse Nyarugabo aheruka kugirana n’itangazamakuru yamaganye izo ngabo bikomeye.

Azibwira ko zikwiye kuva mu misozi y’i Mulenge, ngo kuko atari iwabo, ahubwo ko ari iwabo wa Banyamulenge.

Ni mu gihe kuri ubu zizengurutse akarere kose k’i Mulenge, kuko zari mu duce dutandukanye two mu Cyohagati, nka Mikarati, Nyamara, Birarombili, Gitashya n’ahandi.

Zikaba kandi ziri ahazwi nko kuri Point Zero mu marembo y’umujwi wa Minembwe uzwi cyane nk’uwa mbere w’i Mulenge.

Tags: IguhanoIngabo z'u BurundiKuzenguruka u BurundiUmushara
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza"

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?