Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya RDC, cyemeje ko i Kinshasa, habaye kugerageza guhirika ubutegetsi, bikozwe na Christian Malanga Musumari; menya uwariwe?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 19, 2024
in Regional Politics
1
Igisirikare cya RDC, cyemeje ko i Kinshasa, habaye kugerageza guhirika ubutegetsi, bikozwe na Christian Malanga Musumari; menya uwariwe?
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, cyemeje ko habaye kugerageza guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Nibimaze gutangazwa n’umuvugizi w’igisirikare cya RDC, General Sylvain Ekenge, aho yakoresheje radio na telivisiyo by’iki gihugu, atangaza ko mu mwanya ushize i Kinshasa, abashinzwe umutekano bataye muri yombi abashatse guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, nyuma y’uko babanjye gukora ibisa no guhangana n’igisirikare cya leta.

Ubutumwa, Gen Sylvain Ekenge yatanze, buvuga ko mu rukerera rwo kuri uyu wo ku Cyumweru, hagaragaye agatsiko kabantu baje bitwaje intwaro, maze ngo batera mu biro by’u mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, inzego z’u mutekano zibata muri yombi.

Ubutumwa buvuga ko kandi aka gatsiko kari kayobowe na Christian Malanga Musumari, n’umuhungu we basanzwe bari batuye muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Yakomeje avuga ko uyu Christian Malanga Musumari wari uyoboye iki gitero cyari kigamije guhirika ubutegetsi, ko yishwe, ndetse n’umuhungu we n’abandi bafatikanije, inzego zishinzwe umutekano zibasha kubahagarika.

Mu butumwa bwa mashusho bwo bwagiye hanze bugaragaza ko hafashwe n’umuzungu ufite ubwene gihugu bwa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yafatanywe hamwe n’umuhungu wa Christian Malanga, w’imyaka 22.

Kugeza ubu i Kinshasa ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, haracyari ubwoba bwinshi, ahanini mu gace kabarizwamo ibiro bikuru by’u mukuru w’iki gihugu.

Christian Malanga Musumari wagerageje guhirika ubutegetsi aza no kuhasiga ubuzima, n’inde?

Ahagana mu 2010, uyu Christian Malanga Musumari yashinze umutwe wa politiki, awita New Zaïre, avuga ko ugamije kugarura amatwara y’u butegetsi bw’uwahoze ari perezida Mobutu Sese Seko Kukungwendo Wazabanga.

Hari nyuma y’uko yari yagerageje kandi guhirika ubutegetsi bwa perezida Joseph Kabila Kabange; icyo gihe kandi igisirikare nticyaje ku mworohera, gusa, akizwa aruko yahunze igihugu.

Kuri ubu Christian Malanga Musumari, yari ayoboye aba diaspora muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Mu kugaba kiriya gitero, Christian Malanga Musumari, hamwe n’itsinda yari ayoboye baje bitwaje intwaro, n’idarapo rya Zaïre iryahozwe rikoreshwa ku butegetsi bwa Mobutu.

Hashize imyaka 27 ubutegetsi bwa Mobutu buhiritswe n’umutwe wa AFDL wari uyobowe na Laurent Désire Kabila, hari ku itariki ya 17/05/1997, aho Mobutu yahise ahungira muri Maroc, abari naho apfira.

Kugeza ubu haracyari abaharanira kugarura amatwara ya Mubutu.

              MCN.
Tags: Christian Malanga MusumariGuhirika ubutegetsiKinshasaNew Zaïre
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.

Indege yari twaye perezida w'igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.

Comments 1

  1. Gasore says:
    1 year ago

    Ubwo Général ntibimukunsiye azagerageza ubutaha na banze yitonde Béton ali maso

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?