• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihohoterwa rikomeye ririgukorerwa abanyamakuru muri RDC.

minebwenews by minebwenews
November 15, 2024
in Regional Politics
1
Ihohoterwa rikomeye ririgukorerwa abanyamakuru muri RDC.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihohoterwa rikomeye ririgukorerwa abanyamakuru muri RDC.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni amakuru yatangajwe n’umuyobozi w’urugaga rw’abanayamakuru bahunze, Justin Bizimana, yavuze ko aba banyamakuru bavuye mu bice byibasiwe n’intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bahutazwa cyane n’abarwanyi bakorana n’ingabo za Leta.

Yavuze ko mu gihe cy’iminsi irindwi gusa, abanyamakuru 13 bahunze intambara mu bice byo muri Kivu Yaruguru, bamaze kwibasirwa n’ibitero byabagize nabi.

Bane muri abo barakomeretse bajyanwa ku bigo nderabuzima abandi bahitamo kuva mu mujyi wa Goma kubera guterwa ubwoba n’abantu bo muri Wazalendo bazwiho gukorana byahafi n’igisirikare cya Leta.

Iri huriro ry’abanyamakuru ryatanze aya makuru mu gihe hari abandi banyamakuru batatu bahohotewe muri iki Cyumweru ubwo barimo bataha bava mu kazi kabo.

Ni mu gihe bahuye na Wazalendo barabakubita, barangije babaka ibyo bari bafite, birimo kamera n’ibyuma bifata amajwi.
Umwe muri abo ni Patience Cyuzuzo Ngorora, ukorera radio y’abaturage umuja, yari isanzwe ikorera mu gace ka Ngungu muri teritware ya Masisi. Uyu arasaba ubuyobozi gukaza ingamba z’umutekano we, ndetse n’abandi bagenzi be bahunze.

Bivugwa ko abanshi muri aba Banyamakuru bahunze bava i Masisi na Rutshuru mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bahunze ubwo imirwano yari ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Bavuga ko baterwa ubwoba n’abantu batandukanye barimo Wazalendo n’abandi biyoberanya bikekwa kwari ingabo za FARDC.

Ibi bikorerwa mu nkambi ziri mu mujyi wa Goma no muzindi ziri muri teritware ya Nyiragongo.
Igitangaje muri ibyo byose, inzego za Leta zisa n’izibyirengangiza kandi zihabwa amakuru umunsi ku wundi.

Ku rundi ruhande ishyirahamwe rirengera uburenganzira bw’abanyamakuru, Journalist En danger, JED, ryatangaje ko abanyamakuru bahunze bari mukaga gakomeye, kandi ko bimaze igihe bibabaho.

Kuri ibyo, iri shyirahamwe rikaba ryaburiye abanyamakuru kwitwararika cyane muri iki gihe umutekano utameze neza mu Burasirazuba bwa RDC.

Raporo ya JED yo mu kwezi kwa 10 uyu mwaka, igaragaza ko kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka w’ 2024, abanyamakuru bagera ku 174 muri Kivu Yaruguru bahuye n’ihohoterwa, muri bo barakomeretse, abandi bagera kuri 12 baricwa.

Tags: GomaIhohoterwaNyiragongo
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
U Burundi ibihano bwafatiwe na EU byongerewe igihe.

U Burundi ibihano bwafatiwe na EU byongerewe igihe.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    Factors Contributing to Hypertension in PMW priligy over the counter My wife was diagnosed with Stage 2A, she is ER PR positive and HER2 negative

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?