• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirambo icyumi n’umunani y’abaturage yatoraguwe mu mirima, muri teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
April 15, 2024
in Regional Politics
0
Imirambo icyumi n’umunani y’abaturage yatoraguwe mu mirima, muri teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hatoraguwe imirambo y’abantu 18.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni imirambo ya toraguwe ku munsi w’ejo hashize, aho yabonetse mu gace ka Sayo, gaherereye muri iyi teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa RDC.

Amakuru atangwa n’ubuyobozi bw’i banze bwo mu gace ka Sayo, avuga ko abo bantu biciwe mu mirima mu gihe bari bagiye gushaka ibyo kurya, kandi ubuyobozi bugahamya ko bishwe n’abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa ADF.

Umutwe wa ADF uzwiho guterwa inkunga na Islamic State, iheruka kwigamba kugaba igitero mu bice byo mu Ntara ya Ituri, mu mpera z’i Cyumweru gishize. Icyo gitero cya shimutiwemo abantu bagera ku 16, nk’uko uwo mutwe wabyigabye.

Islamic State yavuze ko icyo gitero yagikoze binyuze ku ngabo ziyobowe na Califa wo muri ADF ko kandi muri icyo gitero bacishemo abakristo bagera ku 13 n’abandi 16 barabashimuta.

Kimweho muri aba 16 bari bashimuswe batatu babashye gutoroka basubira imuhira, nk’uko ubuyobozi bubivuga.

I Mihana ituwe n’abakristo yagabwemo ibitero bya ADF harimo umuhana wa Ndalia, haherereye ku muhanda wa Kumanda, muri Komine ya Eringeti, mu Ntara ya Ituri.

Gusa ibitero bya ADF byakunze kwibasira ibice byo muri teritware ya Beni, ku mpamvu zuko Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gifatikanyije n’igisirikare cya Uganda, byishize hamwe muri operasiyo ya Shujaa kugira ngo bahashye uwo mutwe w’iterabwoba wa ADF.

              MCN.
Tags: AbataratageIcyumi n'umunaniImiramboYatoraguwe Beni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Israel ngo yaba igiye guhora! menya izindi ngamba zifashwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere, hagati ya Iran na Israel.

Israel ngo yaba igiye guhora! menya izindi ngamba zifashwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere, hagati ya Iran na Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?