• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano yavuzwe mu misozi ya Uvira, birakekwa ko ari Red Tabara yakozanijeho n’ingabo z’u Burundi zo muri TAFOC.

minebwenews by minebwenews
March 21, 2024
in Regional Politics
0
Imirwano yavuzwe mu misozi ya Uvira, birakekwa ko ari Red Tabara yakozanijeho n’ingabo z’u Burundi zo muri TAFOC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Birakekwa ko Red Tabara ari yo yakozanijeho n’ingabo z’u Burundi mu bice byo mu kibaya cya Rusizi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kumunsi w’ejo hashize k’u wa Gatatu, tariki ya 20/03/2024, humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ayamakuru akavuga ko iyo mirwano yabereye neza mugace kitwa mu
Rukobero, ho muri Cheferie ya Bapfurero teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Amasasu yatangiye ku mvikana ahagana isaha zakare z’igitondo, aza kugeza amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu.

Abaturiye imisozi ya Rurambo, ari nabo dukesha ay’amakuru, ibo ubwabo bumvise urwo rusaku rw’imbunda cyane, baza no kumva kuri za ‘Romeo’ z’ibyombo(Motorola), amajwi yumvikanisha ko ari Abarundi bari kurwana.

Ati: “Turi mu mvura ninshi, ariko mu Rukobero, aho ni hejuru ya Sange, muri Cheferie ya Bapfurero, teritware ya Uvira, hari kuvugira amasasu menshi.”

Yunzemo kandi ati: “Turi ku motaring ibyombo, tukumva Abapfulero bari kuranga aho Red Tabara iri. Turabona ko ari Red Tabara yarwanye n’ingabo z’u Burundi.”

Ki mweho muri ibi bice mu Cyumweru gishize, bya vuzwe ko hageze ingabo ninshi, muri icyo gihe abaturage babanjye gusa na bikanze ariko biza ku menyekana ko ari ingabo z’u Burundi (FDNB), FARDC na FDLR.

Bigakekwa ko ayo masasu y’umvikanye arizo ngabo zari zavuzwe ko zahurutse muri ibyo bice, guhiga Red Tabara, umutwe urwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

Ariko hakaba n’andi makuru avuga ko ingabo z’u Burundi na FDLR bafashijwe n’igisirikare cya RDC ko bari gukomeza kwegera imipaka ihuza u Rwanda na Congo, muri ibi bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

               MCN.
Tags: ImirwanoIngabo z'u BurundiMu RukoberoRed tabaraSangeUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abarwanyi Gumino yarisigaje mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, birukanwe

Abarwanyi Gumino yarisigaje mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, birukanwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?