• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwanyi Gumino yarisigaje mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, birukanwe

minebwenews by minebwenews
March 21, 2024
in Regional Politics
0
Abarwanyi Gumino yarisigaje mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, birukanwe
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gumino nticyana uwaka n’Abapfulero baturiye Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni ukuva k’umunsi w’ejo hashize, tariki 20/03/2024, n’ibwo hamenyekanye ko abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino, bayobowe na Fureko birukanwe n’aba Chefs ba Bapfulero mu bice byo muri Localité ya Gitoga, mu misozi ya Uvira.

Amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko kuri ubu Fureko n’abarwanyi be bake, ko bamaze no guhuruka mu Kajembwe, muri Grupema ya Bijombo, ahazwi nko ku Ndondo.

Ubuhamya bwatanzwe n’abaturage baturiye ibyo bice, buvuga ko “Abapfulero basabye Fureko kubavira mu karere kabo mu rwego rwo kugira ngo ntakabazanire {gobwegobwe}.”

Mu mpera z’u mwaka ushize, muri ibi bice Abapfulero kandi birukanye umuyobozi mukuru w’u mutwe wa Gumino, uwiyita Colonel Alexis Nyamusaraba, ni nyuma gato y’uko hari habaye imirwano ikaze yari yabereye mu muhana wa Nyakamungu, hagati ya Twirwaneho n’ihuriro ry’Ingabo za FARDC n’aba barwanyi ba Gumino, yasize ihitanye abasirikare ba FARDC ba barirwa muri 58.

Mbere y’uko Nyamusaraba yirukanwa yabanje gukoresha amanama akangurira Abapfulero “kuva hasi” ba ka rwanya Twirwaneho. Muri icyo gihe yababwiraga ko “Twirwaneho ikorana n’u Rwanda.” Ibi Abapfulero baje kubinenga basaba Gumino kuvana abarwanyi babo muri Localité Gitoga.

Amakuru avuga ko Nyamusaraba yahise y’imurira ibirindiro bye mu Kajembwe, aho avuka ku Ndondo ya Bijombo.

Icyegera cya Nyamusaraba, ariwe Fureko, usanzwe ari n’umukwe w’Apfulero, we nti babashe ku mwirukana, aguma mu Gitoga, akorana byahafi n’abarwanyi ba Babapfulero. Ariko bikavugwa ko nawe yakomeje guhatira Abapfulero kurwanya Twirwaneho, bikaba nawe bimuviriyemo kwirukanwa, nk’uko n’abambere birukanwe.

Bamwe mu Banyamulenge baturiye Rurambo, ba bwiye Minembwe Capital News ko “Abapfulero bo mu Gitoga,” batagishaka intambara ni mugihe bamaze guhura nayo igihe kirekire bakaba bari kuyinubira.

Ati: “Barapfushije, baranyazwe bakuwe mu byabo igihe kirekire, kuva mu mwaka w’1996 kugeza ubu.”

Ubu Abapfulero bo mu Gitoga, ngo ntibashaka ubazanira intambara, barashaka kubana n’abantu bose amahoro.

Tu bibutseko Gitoga, ari agace kayobowe n’Abapfulero, ka kaba kari mu ntera y’ibirometre bike na Nyakamungu, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.

                   MCN.
Tags: AbapfuleroAbarwanyibirukanweFurekoGitogaGuminoRuramboUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi n’abanyamahanga baba mu gihugu cy’u Burundi, bahamagariwe kwibaruza.

Impunzi n'abanyamahanga baba mu gihugu cy'u Burundi, bahamagariwe kwibaruza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?