• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano yongeye gukomera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na SADC.

minebwenews by minebwenews
January 22, 2024
in Regional Politics
0
Imirwano yongeye gukomera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na SADC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongeye kubura imirwano ikaze ahagana mu Gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22/01/2024, muri Mweso, mu birometre bike na Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

N’imirwano irimo guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC yaje gufasha ingabo z’igihugu cya RDC.

Ay’amakuru yemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka aho yemeje ko ibitero bya barwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, bya gabwe mu baturage baturiye Mweso kuva igihe c’isaha ya sakumi n’imwe (5:00Am).

Yagize ati: “Ihuriro rigizwe n’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwana , FDLR, Abacanshuro Ingabo z’u Burundi na Wazalendo na SADC, bagabye ibitero mu baturage baturiye Mweso no mu nkengero zaho.”

Yakomeje agira ati: “M23 ikomeje kw’irwanaho muburyo bwa kinyamwuga, irwanirira n’abaturage n’ibyabo.”

Kanyuka yanavuze ko ihuriro ry’Ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa, ko zimaze gusiga zitaye ibikoresho byinshi bya gisirikare mukanya kangana n’amasaha atatu barwana.

Iy’i mirwano ibaye mugihe k’u munsi w’ejo hashize, itariki ya 21/01/2024, harabaye ibitero bikomeye muri teritware ya Masisi, muduce twa Karuba no mu nkengero zaho no muri Kibumba, aho ndetse ibyo bitero bya vuzwe mo ko FARDC yakoresheje za drone n’indege z’intambara.

Imirwano y’ejo ku Cyumweru, yahoshejwe n’umwijima w’ijoro.

Bruce Bahanda.

Tags: Hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za Guverinoma ya KinshasaImirwaro yongeye gukomeraMuri Kivu y'AmajyaruguruSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba rukaze hagati ya M23, n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ru komeje gusatira u Mujyi wa Goma.

Urugamba rukaze hagati ya M23, n'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa, ru komeje gusatira u Mujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?