• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imwe mu myanzuro yafatiwe mu nama ya SADC na EAC.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2025
in Regional Politics
0
Iby’inama ya EAC na SADC i Dar es Salaam muri Tanzania.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imwe mu myanzuro yafatiwe mu nama ya SADC na EAC.

You might also like

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Inama yahuje umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC) n’uwa Afrika y’Amajy’epfo (SADC) ku kibazo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini ku ntambara ishamiranyije umutwe wa M23 n’igisirikare cya Leta ya Kinshasa, yemerejwemo ibintu byingenzi harimo ko intambara igomba guhagarara ku mpande zihanganye muri iki gihugu cya Congo.

Iyi nama yashimangiye ko abanyamahanga bafite uruhare muri iyi ntambara bakuramo akabo karenge bakava kubutaka bwa RDC, no kwambura umutwe wa FDLR intwaro.

Ahar’ejo tariki ya 08/02/2025, ni bwo iyi nama yabaye aho yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania, umunyamabanga mukuru w’umuryango wa EAC, Veronica Nduva yagize ati: “Iyo nama yategetse ko ibiganiro bitaziguye bihuza leta n’imitwe yitwaje intwaro yose itegamiye kuri Leta bigomba kongera kuba, harimo na M23, kandi ko ibiganiro by’i Luanda na Nairobi bisubukurwa.”

Iyi nama yemeje kandi ko abagaba b’ingabo z’ibi bihugu bihuriye muri EAC na SADC bagirana ibiganiro kugira ngo bigire hamwe ikigomba gukorwa vuba. Byemezwa ko bazaterana nyuma y’iminsi itanu iyi nama y’abakuru b’ibihugu ivuyemo.

Isaba kandi ko ikibuga cy’indege cya Goma gitangira gukora, mu rwego rwo kugira ngo imfashyanyo zigere kubakuwe mu byabo.

Iyi nama yasabye ko intambara zihagarara, ibikorwa remezo bigatangira gukorwa, harimo n’ibyo gutanga ibiribwa ndetse no gusana imihanda.

Bashimangiye ko inzira za politiki n’ibiganiro ari byo bishobora gutuma hagerwa ku mahoro arambye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Epfo.

Iyi nama yategetse ko izo nzira zibiri z’ibiganiro zisanzweho iya Luanda na Nairobi zihurizwa hamwe zikaba inzira imwe kugira ngo zishigikirane.

Iyi nama yari yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu, barimo uwa Tanzania, Uganda, u Rwanda, Kenya, Somalia na Zambia.

Ni mu gihe uwa RDC, n’uw’u Burundi n’uwa Afrika y’Epfo, bari bohereje intumwa zibaserukira. Gusa ariko Tshisekedi akaba yarayikurikiye akoresheje ubuhanga bwa none.

Tags: EACImyanzuroM23SADC
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n’i Bukavu.

Ingabo za FARDC zahawe amasaha ntarengwa yo kuba zavuye muri Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?